Imyitwarire ya Zelensky yafashwe nko kwivumbura ku banya-Amerika
•
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri n’abadepite bo muri Amerika mu gihe hari ikibazo cy’uko Amerika ishobora guhagarika inkunga itera iki gihugu mu ntambara kirimo n’u Burusiya. Kugaragara muri Sena no mu ngoro y’abadepite mu buryo bw’ikoranabuhanga byari biteganijwe ku wa Kabiri, ariko byahagaritswe ku munota wa nyuma. Bije…
Nyundo: Abagabo bari guta abagore babo bakishakira abandi kubera ubukene
•
Abaturage bo mu murenge wa Nyundo uherereye mu karere ka Rubavu, bakomeje gutabaza bavuga ko abagabo babo babataye bakajya kwirebera abafite amafaranga, dore ko baba babategereje mu gihe abo basanganywe bo baba nta n’urutoboye bafite. Ibi byagarutsweho n’abaturage bo mu murenge wa Nyundo ubwo baganiraga n’umunyamakuru wa Rwandatribune wari wahatembereye, babivuze bagira bati ”:Nibyo…
Afurika y’Epfo iherutse gutsindirwa i Huye yareze u Rwanda muri CAF
•
Afurika y’Epfo yareze u Rwanda ivuga ko ikibuga cya Stade Mpuzamahanga ya Huye kitujuje ubuziranenge,byatumye itsindwa ibitego 2-0 mu mukino uheruka kubahuza mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi cya 2026. CAF yandikiye FERWAFA iyimenyesha ko yakiriye ikirego cyo kunenga iki kibuga cya Afurika y’Epfo, by’umwihariko tapi bakiniraho ndetse abari bashinzwe gusifura uyu…
Kiyovu Sports yareze Mvukiyehe Juvenal wahoze ari Perezida wayo nyuma yo kuvuga ko agize amahirwe bamurega
•
Umuryango wa SC Kiyovu Sports yamaze kurega Bwana Juvenal MVUKIYEHE muri RIB, nyuma y’iminsi havugwa ko ishaka kuzamurega kubera ibihombo yayishyizemo. Kiyovu Sports yareze uwahoze ari Umuyobozi wayo, Mvukiyehe Juvénal, muri RIB, imushinja ubujura, ubuhemu no kwihesha ikintu cy’undi. Mu kirego yatanze, Kiyovu Sports Association yavuze ko mu myaka itatu Mvukiyehe yamaze ayobora Kiyovu…
Umusore dukundana yansabye ko turyamana ndabyanga none nsigaye mbona akururana n’abandi bakobwa
•
Nitwa Claudine, nkaba ndi umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko. Nkaba mfite ikibazo kindemereye cyane kuko nkimaranye iminsi itari mike. Mfite Cherie wanjye tumaranye imyaka ibiri dukundana. Muri iyo myaka ibiri nta bibazo birenze twigeze tugirana hagati yacu ngo bibe byaba imbogamizi yo kuba yanadutandukanya. Mu minsi yashize natunguwe no kubona umukunzi wanjye ansabye ko twaryamana…
Rwabuze gica hagati y’ikipe ya APR FC na Gasogi United, abafana ba APR bikoma umutoza bavugako ntacyo abamariye
•
Mu mukino wahuje amakipe yombi, ikipe ya APR FC yanganyije na Gasogi United ubusa ku busa, uba umukino wa kabiri wikurikiranya Ikipe y’Ingabo itakajeho amanota, bituma abafana bayo bikoma bikomeye umutoza w’iyi kipe bamushinja ko ntacyo abamariye. Mu mukino w’umunsi wa 13 wabereye kuri Kigali Pele Stadium,APR FC yari yakwiriye yananiwe kwinjiza igitego mu…