Igiciro cya Esanse n’ibindi bikomoka kuri Peterori cyagabanutse
•
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda cyagabanutse, aho lisansi itagomba kurenza 1639 Frw kuri Litiro na ho mazutu ikaba itagomba kurenza 1635Frw kuri Litiro. Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko igiciro cya lisansi cyavuye kuri 1822 Frw kuri litiro kigera 1639 Frw, bingana n’igabanuka rya 183…
Dore ibizakwereka ko umukobwa yagize ubushake bwinshi bwo gukora imibona1no
•
Muri kamere yabo, ubundi abakobwa bihagararaho cyane, ntabwo ari abakobwa benshi bashobora kubwira umusore ko bashaka gutera akabariro. Nubwo bimeze gutyo ariko biroroshye ku musore kumenya ko umukobwa ashaka gutera akabariro urebeye ku bimenyetso bikurukira ugasuzuma ubutumwa butangwa n’umubiri bakunze kwita mu crurimi rw’Icyongereza “body language”. 1. Guhumekera hejuru Umukobwa ushatse gugutera akabariro iki…
Imana ibakire mu bayo! Impanuka ikomeye ya Bisi yapfiriyemo abantu 14 abandi barakomereka
•
Abantu benshi bakutse umutima, abandi bacika ururondogoro, nyuma yo kumva impanuka ikomeye ya Bisi yabereye mu gihugu cya Thailand maze igahitana abasaga 14 na ho abandi 32 bagakomereka. Amafoto yo ku mbuga nkoranyambaga yerekanye iyi bisi yegamiye ku ruhande kandi imbere yayo yacitsemo kabiri, igiti cyinjiye hagati, abantu 14 bagahita bapfa na ho abandi…
Apotre Yongwe witakanye abamuhaye amaturo ababwirako atari we Mana basenga, yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
•
Kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2023, Ni bwo Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatesheje agaciro ubujurire bwa Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe, rwemeza ko akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwagejeje Apôtre Yongwe mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo busaba ko afungwa by’agateganyo kubera icyaha akurikiranyweho cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe…
Ntibisanzwe! Umukecuru rukukuri yatunguye abantu benshi ubwo yibarukaga impanga ebyiri
•
Mu gihugu cya Uganda hakomeje kuvugwa inkuru idasanzwe yatumye abantu benshi bacika ururondogoro, aho umubyeyi witwa Safina Namukwaya, ufite imyaka 70 y’amavuko yibarutse abana babiri b’impanga [umuhungu n’umukobwa] bigafatwa nk’ibitangaza byamenyekanye muri Bibiliya, kubona umugore uri mu zabukuru abasha kubyara. Muganga Dr. Edward Tamale Sali wakurikiranye uyu mubyeyi kugeza yibarutse, yabwiye itangazamakuru ko ibi…
Nyuma y’igihe barabuze ayo kwishyura nyir’inzu, umugore n’umugabo bakoze amahano basiga abantu mu gahinda gakomeye
•
Mu gihugu cy’Ubuhinde hari kuvugwa inkuru y’incamugongo aho umugabo n’umugore biyiciye abana babo batatu barangiza na bo bakiyahura, nyuma yo kumara igihe bahozwa ku nkeke na nyir’inzu bakodeshaga kuko bari bamufitiye umwenda. Uwo muryango wafashe icyemezo cyo gushyira iherezo ku buzima bwawo, bahereye ku bana batatu babyaye, umukuru afite imyaka 14, umukurikira 11 naho…