-
Ituri: Umusirikare wa FARDC yishe umwana na nyina
•
Mu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata 2025, Umusirikare wa FARDC yarashe yegereye umwana na nyina w’imyaka 20, i Bwanasura, umudugudu uherereye ku birometero 39 uvuye muri centre y’ubucuruzi ya Komanda muri Teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri. Amakuru aturuka aho yerekana ko uyu musirikare yagerageje gufata ku ngufu…
-
M23 yatangaje ko igiye gushyiraho ingamba zikomeye nyuma y’uko ubutegetsi bwa RDC bwishe abantu 10 mu bice igenzura
•
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ku itegeko ry’ubutegetsi bwa Kinshasa abagizi ba nabi, bishe abantu 10 bo mu muryango umwe barimo abana n’abagore, igaragaza ko itazakomeza kwihanganira ibikorwa bibisha nk’ibyo ndetse ko igiye gushyiraho ingamba zikomeye zikumira bene ubwo bwicanyi. AFC/M23 yatangaje ko abo baturage bishwe mu ijoro ryo ku wa 04 rishyira ku wa…
-
Ubushinwa bwihimuye kuri Donald Trump uheruka kongera umusore ku bicuruzwa bwohereza muri Amerika
•
U Bushinwa bwatangaje inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uburyo bwo kuzihimuraho. Ni icyemezo Beijing yafashe nyuma y’uko ku wa Gatatu w’iki cyumweru Perezida Donald Trump na we yari yashyizeho inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa byo mu Bushinwa wiyongera k’uwa 20% wari…
-
RDC: Leta igiye gushyiraho itegeko ridasanzwe ku basore n’inkumi kubera u Rwanda
•
Umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) washyikirijwe Inteko ishinga amategeko kugira ngo usuzumwe mu nama y’abadepite yo muri Werurwe 2025, nk’uko Ibiri Ntaramakuru bya Congo, ACP, byabimenye ku wa Gatatu, itariki ya 2 Mata 2025 bibikesha umwe mu bagize inteko ishinga amategeko. Depite Claude Misare yagize…
-
Yakatiwe imyaka hafi 3 y’igifungo nyuma yo kubwira ishusho ya Yezu amagambo yafashwe nk’adahwitse
•
Muri Indonesia, umugore uzwi cyane mu gukoresha urubuga nkoranyambaga rwa TikTok witwa Ratu Thalisa, yakatiwe n’urukiko gufungwa imyaka 2 n’amezi 10 muri gereza, nyuma yo kubwira Yezu (ishusho ye) ko akeneye kogoshwa. Urukiko rwa Medan-Sumatra, rwahamije Thalisa icyaha icyo gukwirakwiza imvugo zangisha rubanda iby’ubukirisitu (hate speech against Christianity), ndetse no guhungabanya ituze muri rubanda…
-
Musanze: Umusore wari umwarimu yiyahuye kubera umukobwa bakundanaga
•
Kuri uyu wa Gatatu, abaturage batunguwe n’umusore w’imyaka 27 witwa Harerimana Pascal, wari umwalimu wigisha mu mashuri abanza basanze amanitse mu mugozi yapfuye bagakeka ko yiyahuye. Uyu mwalimu wabaga mu murenge wa Muko, Akagali ka Cyogo, Umudugudu wa Kabere mu karere ka Musanze, wigishaga muri E.P Mubago mu murenge wa Nkotsi, bikekwa ko yiyahuye…