Imana ibakire mu bayo! Abantu batatu n’inka 18, baburiye ubuzima mu mpanuka ikomeye yabereye i Rusizi
•
Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye inka izijyanye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo izinyujije ku Rusizi ya Mbere, yakoze impanuka hapfamo abantu batatu n’inka 18. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Kadasomwa mu mugezi wa Kadasomwa, mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, saa 6:50 za mu gitondo kuri…
Ikipe ya Kiyovu yongeye gucibwa akayabo, kubera kutishyura umukinnyi
•
Kuuri uyu wa 15 Ugushyingo 2023, ni bwo FIFA yategetse Kiyovu Sports kwishyura Miliyoni 17 FRW Ndikumana Codjifa nyuma yo kutubajhiriza n’amasezerano bari bafitanye. FIFA yemeje ko Kiyovu Sports igomba kwishyura Ndikumana Codjifa Miliyoni 13 n’ibihumbi 200,000 kubera kutubahiriza amasezerano, Miliyoni 2 ikipe igomba Ndikumana Codjifa wari umukozi wayo, ndetse n’ibihumbi 258,064.51 nk’amafaranga Kiyovu…
Abazwi nka Kanimba na Soleil muri bamenya Series, bakoze ubukwe bwo Gusaba no Gukwa
•
Mazimpaka Wilson wamenyekanye nka Kanimba yasabye anakwa umukunzi we Uwase Delphine uzwi nka Soleil muri Filime ya Bamenya mu bukwe bwabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo 2023. Nubwo benshi babanje kubishidikanyaho,ariko inkuru y’urukundo rw’aba bombi n’impamo ndetse biyemeje kubana nk’umugabo n’umugore. Mu ntangiriro z’uku kwezi nibwo Mazimpaka [Kanimba] yanditse kuri konti ye…
Abantu bacitse ururondogoro, nyuma yo kumva uko umusaza yise umwami ugiye kurongora umukobwa we
•
Umubyeyi wa Jovia Mutesi ugiye kuba umwamikazi wa Busoga, mu buryo busa no gushyenga, yise umukwe we, Umwami Gabula Nadiope IV, umubumbyi w’amatafari. Uyu musaza witwa Stanley Bayoole yabivugiye mu kiganiro yagiriye kuri NTV kuri uyu wa 16 Ugushyingo mu gihe Mutesi n’uyu mwami wa Busoga bitegura gushyingirwa tariki ya 18 Ugushyingo 2023. Bayoole…
Ikizungerezi cyahengereye umugabo yatwawe n’agatotsi, kimujombagura icyuma arapfa
•
Mu gihugu cya Afurika y’Epfo hakomeje kugarukwa ku nkuru y’ikizungerezi kimenyerewe ku mbuga nkoranyambaga, nk’igikurura abagabo cyane, cyivuganye umugabo ubwo yari mu gitanda asinziriye. Uyu mugore ukiri muto wo muri Afurika y’epfo wakundwaga na benshi ku mbuga nkoranyambaga, yateye icyuma umugabo we ubwo yari asinziriye aramwica. Nk’uko amakuru abitangaza, ngo aba bashakanye batonganye ariko…
Biteye agahinda! Abavandimwe batandatu bapfiriye rimwe, nyuma yo kurya ibyahumanyijwe
•
Mu gihugu cya Tanzania hakomeje kuvugwa inkuru yincamugongo aho abana batandatu bo mu muryango umwe wo mu mudugudu wa Nyakanazi, mu gace ka Kagera, bapfuye nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko byarimo uburozi. Nubwo batanu aribo bahise bapfa,undi mwana umwe wavurirwaga mu bitaro i Biharamulo nawe yapfuye. Umuyobozi wa polisi mu gace ka Kagera,…