Ni akumiro! Umunyamideli n’umukunzi we bavuze icyabateye gusambanira muri Parikingi, abantu barumirwa
•
Umunyamideli, Kaylee Killion n’umukunzi we, basanzwe muri parikingi bari mu gikorwa cyo gutera akabariro bavugako babitewe no kuba umukino bari bitabiriye muri stade ya NFL muri Amerika wabarambinye. Kaylee Killion, ufite imyaka 27, ukurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera imyambarire ye ishotora igitsinagabo cyane, yasangije abakunzi be inkuru y’ukuntu we n’umukunzi we basambaniye hanze…
Icyatumye umukozi w’abashinwa agerageza kwicira mugenzi we mu modoka cyazamuye amarangamutima ya benshi
•
Mu karere ka Ngororero, mu murenge waNyange, haravugwa inkuru y’umushoferi wa Kompanyi y’abashinwa utwara imashini ikora umuhanda arashinjwa kugerageza kwica ku bushake mugenzi we amugongeye mu modoka ku buryo yamukomerekeje ndetse n’imodoka ikangirika cyane. Bivugwa ko yamujijije ko yamufotoye arimo kwiba Mazutu. Iyi ni yo foto yafotowe n’umushoferi mugenzi we ari kwiba Mazutu, bituma…
Umugabo Yahaye umugore we amafaranga ngo ajye gusura umwana ku ishuri, yigira gusura undi mugabo bimutera gukora amahano
•
Mu karere ka Bugesera akagari ka Rwabitenge, hakomeje kuvugwa inkuru y’umugabo witwa Nizeyimana Mustafa wahisemo kwiyahura kubera umugore we yamwatse mafaranga yo mujya gusura umwana kw’ishuli ntajyeyo akajya kureba umugabo babyaranye uwo mwana, kuko bashakanye amufite. Nizeyimana Mustafa yasezeranye n’umugore we Mukanyandwi Alice, ariko basezerana uyu mugore azanye umwana yari yarabyaye w’imyaka itatu y’amavuko.…
M23 yerekanye abasirikari b’abarundi yafatiye mpiri ku rugamba
•
Nyuma y’amakuru menshi avuga ku mirwano yagiye ihuza umutwe wa M23 na FARDC, FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro, uyu mutwe wa M23 werekanye bamwe mu basirikare b’Abarundi wafatiye mu mirwano yabahuje na FARDC, FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro muri Kivu y’Amajyaruguru. Maj Willy Ngoma, Umuvugizi wa M23 mubya Gisirikare yavuze ko bafite imfungwa z’intambara…
Dore icyo urukiko rwabwiye umunyamakuru Nkundineza yakora, nyuma y’uko rumukatiye gufungwa by’agateganyo
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarungege rwanzuye ko Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul afungwa by’agateganyo iminsi 30, rumwibutsa kandi ko afite iminsi itanu yo kujuririra iki cyemezo. Nkundineza akurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, guhoresha ibikangisho no gutangaza amakuru y’ibihuha. Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko gutegeka ko akurikiranwa afunzwe kuko ibyo byatuma ibyaha akurikiranyweho adakomeza kubikora…
Hagaragajwe igisabwa ku bashaka kuzitabira ubukwe bwa The Ben na Pamella
•
Umuhanzi w’umunyarwanda, akaba n’umwe mu bakunzwe cyane, cyane cyane muri Afurika y’Iburasirazuba, Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben afatanyije n’uwitegura kumubera umugore Pamella bashyize hanze uburyo buzafasha abatazabasha kugera aho ubukwe bwabo buzabera, aho bazabukurikira hifashishijwe ikoranabuhanga bagasabwa kwishyura ibihumbi 50 by’amafaranga y’u Rwanda. Ubukwe bw’aba bombi buteganyijwe kuzaba ku wa 15 Ukuboza 2023…