M23 yahishuye icyo izakorera abasirikare b’u Burundi yafashe mpiri
•
Umuvugizi wungirije w’umutwe wa M23 ishami rya Politike, Canisius Munyarugero yatangaje ko ingabo z’Uburundi zafatiwe ku rugamba ku Cyumweru mu mirwano ikomeye yabereye muri teritwari ya Masisi, bazasubizwa mu gihugu cyabo biciye mu bwumvikane. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru PNInfo Rwanda, Canisius Munyarugero yavuze ko abo basirikare b’Uburundi bafashwe mpiri bahari kandi ubishaka yajya kubareba.…
Gen. Bunyoni witabye urukiko yashije u Rwanda kumuneka no kumwinjirira muri Telefoni
•
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Uburundi, Alain Guillaume Bunyoni, yatangiye kuburanishwa mu mizi kuri uyu wa mbere aho yashinje u Rwanda kumuneka binyuze mu kwinjirira ibikoresho bye by’itumanaho. Ku byaha icyenda akurikirananyweko, Bunyoni yisobanuye kuri bitatu birimo gushaka kwica umukuru w’igihugu muri gahunda yo guhirika inzego zitorewe n’abaturage. Urubanza rwabereye muri gereza nkuru rya Gitega…
Ibyamubayeho nyuma y’amezi 3 gusa akoze ubukwe birababaje
•
Ubuzima bwa Irakoze warwaye ikibyimba gikabije mu maso nyuma y’amazi 3 gusa akoze ubukwe bukomeje kujya mu kaga Umugabo witwa Moise Ruberintwari ukomoka mu Burundi arasaba ubufasha bw’umugore we witwa Irakoze Ariella kugira ngo avurwe ikibyimba yazanye mu maso. Yagize Ati “Twari tumaze amezi abiri dukoze ubukwe, katangiye ari akabyimba gatoya cyane kagumye…
Amafoto ya Miss Muheto nyuma yo gukora impanuka y’imodoka
•
Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022, uherutse gukora impanuka ikomeye, imodoka ye ikangirika, nawe akomereka byoroheje yasohoye amafoto ye ubona ko yakomeretse ahantu hatandukanye. Iyi mpanuka yamuteye ibikomere ariko cyane cyane ijisho rimwe rye rigira ikibazo ku buryo kuri ubu ari mu bitaro bya ‘La Croix du Sud’ aho benshi bazi nko kwa…
Miss Uwicyeza Pamella yahishuye impamvu yatumye akunda The Ben
•
Umuhanzi The Ben agiye kuva mu ngaragu kuko agiye kurushinga na Uwicyeza Pamella. Aba bombi bari barahanye isezerano ryo kubana imbere y’amategeko mu 2022, ariko batarabihamya imbere y’Imana, inshuti n’imiryango. Abantu babiri iyo bahuje bakiyemeza ku rushinga baba barahujwe n’urukundo, muri urwo rugendo rwo gukundana baba bafite ibihe byihariye banyuzemo kugira ngo bahuze, ibyo…
I Rusizi, umupadiri uhertse kwibwa akanakubitwa, yahuye n’indi nsanganya ikomeye
•
Mu karere ka Rusizi hakomeje kuvugwa inkuru aho mu Urwunge rw’Amashuri rwitiriwe Mutagatifu Bonavanture ryo ku Nkanka, nyuma yikubitwa rya Padiri Simon Uwiringiyimana uyoboye iri shuri, abajura bongeye gutera iki kigo hibwa mudasobwa, biakaba na none byabaye nyuma y’igihe gito hibwe amasafuriya manini (Muvero) atekerwamo ibiryo by’abanyeshuri. Iri shuri riherereye mu Kagari ka Kamanyenga…