Dore impamvu 3 ugomba kwirinda gushyira urukundo rwawe ku mbuga nkoranyambaga
•
Kuri ubu Isi yabaye umudugudu, ku buryo bidatangaje ko usanga umuntu asangiza abantu bose batuye Isi ubuzima bwe ndetse adasize n’ibyakabaye amabanga ye harimo n’amabanga y’urukundo rwe n’umukunzi we. Ibi bamwe babikora bibwira ko ari bwo buryo bwiza bwo kwereka abakunzi babo uburyo babakunda n’uburyo babazirikana ndetse hakaba n’ababikora kubera ibigare bya bagenzi babo…
Ababyeyi bongeye kwemererwa gusura abana ku ishuri nyuma y’ingamba zari zashyizweho zo kwirinda Marburg
•
Hashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda. Nyuma y’aho iyi minissiteri itangarije ko icyorezo cya Marburg cyatangiye kugenza make kubera ingamba zihuriyeho zo kugikumira,…
Ubwoba bw’intambara ni bwose mu Banyamerika
•
Ikusanyabitekerezo ryakozwe n’Ikigo YouGov ryagaragaje ko nibura 27% by’Abanyamerika bafite ubwoba ko intambara ishobora kwaduka nyuma y’amatora azaba mu Ugushyingo uyu mwaka. Ni ikusanyabitekerezo ryakorewe ku bashyigikiye Kamala Harris na Donald Trump bahataniye umwanya wa Perezida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu bantu 1266 babajijwe, nibura 12% bavuze ko bazi neza umuturanyi cyangwa…
Abasore: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda gukora ugamije gushimisha umukobwa ukunda
•
Burya mu rukundo habamo kwigomwa no kwitangira uwo ukunda ariko hari ibyo umuntu aba adakwiye gukora agamije kunezeza uwo bakundana gusa kuko nyuma birangira ari we bigizeho ingaruka zikomeye. Dore rero bimwe mu byo umusore adakwiriye gukora agamije gushimisha umukobwa bakundana. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane akaba yanakora ibintu…
Amakosa 5 yangiza urukundo abantu bakora batabizi
•
Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane ni umwanzi wa mbere. Murakundana ariko ntujya umuha umwanya. Uhora umwikururaho. Ni ubwo byumvikana…
CIP Verdique Mutsinzi uyobora ikigo cy’inzererezi cya Gikondo yakatiwe
•
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwakatiye igifungo cy’iminsi 24 n’ihazabu y’ibihumbi ijana (100000 Frw) CIP Verdique Mutsinzi ukuriye Tranzit Center ya Gikondo. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gufunga abitwa Twagirayezu Joel na NSHIMIYIMNA Aloys mu buryo bunyuranije n’amategeko. Mu rubanza rwasomewe mu ruhame kuri uyu wa 7 Ukwakira 2024 mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro,…