APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil ukiri muto
•
Ikipe ya APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil witwa Juan Baptista ukina afasha ba rutahizamu kugira ngo azayikinire mu mwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi wamaze kugera mu Rwanda, yagaragaye muri Stade Amahoro areba umukino APR FC yatsinzemo Police FC igitego 1-0, ikegukana igikombe cyo gutaha iyi stade. Ikipe y’Ingabo z’igihugu ntabwo ishaka kongera…
Cristiano Ronaldo yavuze kuri Penaliti yahushije mu minota y’inyendera Portugal ikina na Slovenia
•
Kizigenza Cristiano Ronaldo yahushije penaliti y’ingenzi mu mukino wa 1/8 Portugal yakinnye na Slovenia, bimutera agahinda amarira arisuka cyane. Ubwo umukino wa Portugal na Slovenia wari ugeze ku munota wa 104, myugariro wa Slovenia ategera Diogo Jota mu rubuga rw’amahina, umusifuzi Orsato atanga penaliti. Ronaldo yayiteye nabi ibumoso, Oblak ayikuramo. Uyu munyabigwi mu mupira…
Perezida Ndayishimiye yavuze imyato ingabo ze kubera ibyo zakoreye M23
•
Mu birori byo kwishimira Ubwigenge bw’u Burundi byabaye ku ya 1 Nyakanga kuri Stade Ingoma i Gitega, Perezida Evariste Ndayishimiya yavuze ko ingabo z’Abarundi mu burasirazuba bwa RDC zihagaze neza ndetse ko igihugu kiri gutera imbere. Imbere y’abaturage,Ndayishimiye yavuze ko bagiye kuzimya inzu y’umuturanyi kugira ngo umuriro utazabageraho ndetse yongeraho ko ibyo bakoreye umwanzi…
Perezida Kagame yafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro abwira ijambo rikomeye abakiri bato
•
Perezida Paul Kagame ari kumwe na Patrice Motsepe wa CAF bafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro nyuma yo kuvugururwa igakurwa ku kwakira abantu 25000 ikagera kuri 45000 ndetse igahabwa ubwiza butangaje. Nyuma yo kuzenguruka iyi sitade ,bahise berekeza mu kibuga ahari amakipe ya APR FC na Police FC yakinnye kuri uyu munsi wo kuyifungura. Abari…
Itangazo ryihutirwa rireba Ababyeyi bafite abana barwaye cyagwa bafite ibibazo by’umutima
•
Ababyeyi bafite abana barwaye umutima baramenyeshwa ko ku bitaro bya Kacyiru hazaba hari inzobere mu kuvura umutima zaturutse mu Buhinde kuri uyu wa kabiri talikiya ya 2/07/2024. Kuzana abana ni hagati ya saa 8:00 na 17:00. Iyi serivise izatangwa ku buntu.
Umubyibuho udasanzwe ni iki? Dore ibibi byawo n’uko wawirinda
•
Umubyibuho udasanzwe uvugwa igihe umuntu igipimo cya BMI kirenze 30.BMI ni iki? Iki ni igipimo cyerekana uko uburebure bw’umuntu bujyana n’ibiro afite. Ushaka kubipima ufata uburemere bwawe muri kilogarama ukagabanya n’uburebure muri metero bwikube kabiri. BMI = mass(kg) /[height(m) x height(m)] Gusa iki gipimo ntigikoreshwa k’: Umugore utwite Umuntu ukora sport yaba iyo…