Kwizera Olivier yigaritse Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa mu mwiherero w’Amavubi
•
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniraga Rayon Sports umwaka ushize ariko ubu bikaba bitazwi aho azerekeza yavuze ko kumwirukana mu mwiherero w’Amavubi ari akagambane kakozwe mu kumwangisha abafana. . Kwizera Olivier yavuze ko nta masezerano afitiye Rayon Sports . Kwizera Olivier yatangaje ko nta kosa yakoze ryari kumwirukanisha mu mwiherero . Kwizera Olivier avuga ko…
Birababaje: Umugore w’imyaka 20 yabyaye umwana ufite isura y’umukecuru rukukuri
•
Umuntu wese aba agomba kwakira icyo Imana imuhaye kuko hari impamvu biba bibaye, ariyo mpamvu ‘Inda ibyara Mweru na Muhima’ nk’uko umugore wo muri Afrika y’Epfo yibarutse umwana w’umukobwa ugaragara nk’umukecuru rukukuri . . Yibarutse umukecuru rukukuri Mu bitangazamakuru bitandukanye birimo Sabcnews na Correctng, bivuga ko uyu mwana yavutse atangaje mu isura.…
Abasore: Interuro 6 ubwira umukunzi wawe ibinezaneza bikamurenga akaba yaguha ibyo atunze byose
•
Ururimi ni ingenzi cyane mu rukundo. Nk’ uko interuro mbi ituma umukunzi wawe akurakarira, ku rundi ruhande interuro nziza ituma umukunzi wawe amera nk’ umeze amababa iyo uyimubwiye. N’ubwo abakobwa badateye kimwe, hari interuro buri mukobwa wese akunda kubwirwa. Dore interuro/amagambo 6 wabwira umukobwa ibinezaneza bikamusaga: 1. Uri rukumbi kuri njye …
Burundi: Umukobwa yiyemeje guharikanwa na nyina nyuma y’uko abateranyije ubundi akifunga uyu musore wari kuba umukwe we
•
Urukundo rugana aho rushatse, bibaho ko umusore atereta umukobwa na Nyina, cyangwa se agatereta umwe undi akaziraho bikaba byafata indi ntera. Umukobwa wo mu gihugu cy’u Burundi ari mu gihirahiro, nyuma y’aho Nyina umubyara ashakanye n’umusore biteguraga kurushinga kuko yamurangayeho. Umuhanzi Akimana Espoir uzwi ku izina rya Akes Don uzwi mu Burundi, yakoze…
Amerika yakuye umusirikare wayo wa nyuma muri Afghanistan. Reba icyo bakoreye ibikoresho byabo bya gisirikare basize ku kibuga cy’indege
•
Igisirikare cya Amerika cyasize kiborotse ibikoresho bya gisirikare birimo indege n’imodoka z’intambara cyasize muri Afghanistan ku buryo bitakongera gukoreshwa mbere yo kuhavana abasirikare bacyo ba nyuma bari basigaye ku butaka bw’iki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Kanama 2021. . Amerika yasoje intambara yayo muri Afganistan yari imaze imyaka 20 . Ingabo za…
Musanze: Umugabo Yishwe n’abagizi ba nabi bamuteze avuye guhahira umuryango
•
Umurambo w’uwitwa Hakuzimana Emmanuel w’imyaka 53 wari uzwi ku izina rya Kalinda wabonetse mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Busogo mu Kagari ka Kavumu, mu Mudugudu wa Karema, nyuma yo kwicwa avuye gukorera amafaranga i Rubavu. Nyakwigendera Hakuzimana asanzwe atuye mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Kintobo mu Kagari ka Rukondo mu…