Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zitwaje ibifaro bikomeye bitari bizwi ko rutunze – AMAFOTO
•
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado zitwaje ibikoresho bitandukanye bizifasha muri aka kazi harimo imodoka z’intambara z’umutamenwa harimo izo mu bwoko bwa Isotrex Phantom II zatunguye benshi kuko bitari bizwi ko u Rwanda ruzitunze nk’uko bitangazwa na Africanmilitaryblog. . Ibifaro ingabo z’u Rwanda zirimo gukoresha muri…
What you can drink that helps you cleanse the liver and make it work better
•
The liver is an important organ in the body. Its main function is to cleanse the blood from the cord to different parts of the body. The liver also helps in the release of chemicals and residues from the drugs we drink, so the body is free of toxins. When the liver is…
Ibyo kunywa wafata bikagufasha gusukura umwijima no gutuma ukora neza
•
Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi. . Umutobe w’imboga ufasha gusukura umwijima . Umutobe w’indimu n’amacunga ufasha gutuma umwijima ukora neza …
Afghanistan: Special unit of commandos tasked with protecting the capital Kabul – PHOTOS
•
The new Islamic State-led Islamic State of Iraq and the Levant (ISIL) has taken over the Badri 313, a special force with heavy equipment dominated by looted troops. . Commandos guard the Afghan capital The name of the Taliban commandos is said to have high-level training comparable to other special forces in…
If a guy you are in love with likes to use these words soon you’re going to break up
•
Based on the research of relationship scientists, there is a way through which words can be verified to determine if you are indeed in a strong relationship or if you are in a relationship. In this article you will find evidence that your relationship is not stable, based on the words of the guy…
Abakobwa gusa: Niba umusore mukundana akunda gukoresha aya magambo vuba mugiye gutandukana
•
Tugendeye ku bushakashatsi bw’abahanga mu mibanire, hari inzira ishobora kunyuzwamo amagambo ukaba wamenya neza niba koko uri mu mubano ukomeye cyangwa niba warahirimye. Muri iyi nkuru urabonamo ibihamya by’uko umubano wawe udashikamye , ushingiye ku magambo y’uwo musore mukundana. Nyuma yo kumenya aya magambo umusore mukundana akoresha akaba yakwereka ko vuba muratana ,…