Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zagabye igitero gikomeye ku nyeshyamba mu gace ka Mbau
•
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique bagabye igitero gikomeye ku barwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba ugendera ku matwara y’Idini ya Islam bo mu Ntara ya Cabo Delgado, bahungiye mu mashyamba y’ahitwa Mbau nyuma yo kwamburwa ibirindiro byabo bikuru. Ibyumweru bibiri bishize byabaye iby’urugamba rukomeye kuri abo barwanyi dore ko aribwo batsimbuwe mu birindiro…
Rayon Sports: Sadate Munyakazi yongeye kunga ubumwe n’itsinda ryamuhagurukije ku ntebe y’ubuyobozi nyuma y’imyaka barebana ay’ingwe
•
Nyuma y’igihe gisaga umwaka, uwahoze ayobora Rayon Sports, Bwana Sadate Munyakazi adacana uwaka n’itsinda ry’abahoze bamurwanya ari ku ntebe y’ubuyobozi ndetse banasize bayimukuyeho, bashyize ku ruhande ibyabatanyaga bunga ubumwe, biyemeza gusenyera umugozi umwe bubaka Rayon Sports itajegajega. . Abahoze bayoboye ikipe ya Rayon Sports biyunze . Sadate Munyakazi n’abo bahoze bahanganye biyunze kugirango…
Ibyihariye ku modoka Armored Range Rover Sentinel igendwamo na Perezida Kagame – AMAFOTO + VIDEO
•
Armored Range Rover Sentinel Ni imodoka yakorewe abanyacyubahiro ndetse n’undi muntu wese ukeneye umutekano wo mu rwego rwo hejuru. Ni imwe mu modoka umukuru w’igihugu cy’u Rwanda agendamo. . Imodoka itwara Perezida Kagame . Armored Range Rover Sentinel ya Perezida Paul Kagame Ni imodoka idatoborwa n’amasasu kandi ikaba ifite ubushobozi bwo kugendera ku…
Omar Machude wajujubije Mozambique ubu akaba ari gushushubikanywa n’ingabo z’u Rwanda ni muntu ki?
•
Ku itariki 06/08/2021 ku nshuro ya mbere leta zunze ubumwe za America yashyize ahagaragara urutonde rw’abantu babiri mu bayoboye umutwe w’ibyihebe wa leta ya kislam ukorera muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado. Abo bantu babiri barimo uwitwa Bonomade Machude Omar wamenyekanye ku mazina menshi anyuranye arimo nka Abu Sulafya Muhamad, cyangwa se…
Abakuru b’ibihugu 5 bakize kurusha abandi muri Afurika n’ingano y’umutungo wabo
•
Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. . Abakuru b’ibihugu bya Afurika batunze agatubutse kurusha abandi . Abaperezida bo muri Afurika bakize kurusha abandi 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) – Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse…
Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro, ariko ntiyapfa
•
Umugabo wari usanzwe akora umwuga w’ubukarani, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu yiyahuriye ku nyubako y’Inkundamahoro y’i Nyabugogo mu murenge wa Kimisagara, gusa ntiyitaba Imana. Amakuru avuga ko uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 y’amavuko yasimbutse hasi aturutse mu igorofa rya kabiri akomereka cyane, gusa ku bw’amahirwe ntiyapfa. Inzego z’umutekano zahise zihagoboka…