Umukobwa ufite amabere 4, 2 imbere na 2 inyuma yakoze ubukwe butangaje – AMAFOTO
•
Umukobwa umeze nk’utangaje kubera uburyo afite amabere 4, imbere mu gatuza abiri nk’ibisanzwe n’inyuma mu mugongo abiri, yakoze ubukwe maze amafoto ye yamamara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga. Mu bitangazamakuru bitandukanye, inkuru ivuga ko umugore wo muri Ghana yagaragaye mu bukwe afite amabere 4 yigaragaza kuko yari yambaye imyenda ibyerekana neza, igaragaza…
Dore icyatumye Lionel Messi yanga nimero 10 yari yemerewe na Neymar agahitamo nimero 30
•
Ubwo Messi yari mu biganiro na PSG, Neymar yemeye ko naza azamuha nimero asanzwe yambara ari 10 kuko ari yo yari asanzwe akoresha muri FC Barcelone ndetse ikaba yanditse no ku ndege ye. Gusa byatunguye abantu kuko Messi yayanze yifatira nimero 30. . Impamvu yatumye Lionel Messi ahitamo kwambara nimero 30 yamenyekanye .…
Nta kabura imvano: Amateka ya Sankara wamye afite imyitwarire iteye inkeke. Byinshi utamenye
•
Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, “kwizeza Kizito Mihigo ko azagirwa Minisitiri… . Amateka ya Calixte Nsabimana wiyise Sankara . Nsankara yirukanwe mu…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique ziragera amajanja umukuru w’inyeshyamba Bonomar Machude Omar
•
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Général-Major, Cristóvão Chume, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zifatanyije n’iza RDF ziteguye gukora ibishoboka byose zigafata Bonomar Machude Omar, umunya-Mozambique ukuriye umutwe wa Islamic State umaze igihe warayogoje intara ya Cabo Delgado. . Ingabo za Mozambique zizeye gufata ukuriye umutwe w’iterabwoba wa IS . Ingabo za Mozambique zifatanyije…
Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro arapfa
•
Nyabugogo ku isoko ry’inkundamahoro,umugabo witwa Twibanire Emmanuel wo mu Kagari ka Munanira II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, yavuye muri etaje ya 6 agwa hasi ahita apfa. Biravugwa ko yaba yiyahuye. Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kanama 2021, nibwo uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko yagiye…
RDF yatangaje icyo yiteguye gukora mu gihe ibyihebe byo muri Mozambique byahitamo kugaba ibitero ku Rwanda
•
Umuvugizi avuga ko ingabo z’u Rwanda “byumvikana ko ziteguye guhashya” umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) n’igihe ibikorwa byawo byakwibasira ubutaka bw’u Rwanda. . IS yo muri Mozambique yibasiye u Rwanda kubera ibitero rumaze iminsi ruwugabaho . Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique zirukanye inyeshamba mu birindiro byayo Kuri Internet icengezamatwara rishya…