Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zongeye gusakirana n’inyeshyamba zicamo zimwe muri zo hanafatwa ibikoresho byinshi – AMAFOTO
•
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zikomeje guhashya imitwe y’iterabwoba muri Mozambique, kuko kuri uyu wa Gatandatu zishe abarwanyi bane mu gitero zagabye ahitwa “1st May”. . Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 4 zinafata ibikoresho byazo . Ingabo za RDF n’iza Mozambique zikomeje ibitero ku nyeshyamba Amakuru dukesha IGIHE avuga ko muri iyo mirwano,…
Neymar Jr yemeye kwigomwa ikintu gikomeye kugirango Lionel Messi amusange muri PSG
•
Neymar Jr ukinira ikipe ya PSG yamaze kugaragaza ko yifuza cyane gukinana na Lionel Messi aho yiyemeje guha nimero 10 yambaraga kizigenza Lionel Messi kugira ngo aze mu ikipe ya PSG imwifuza cyane. . Neymar Jr yemeye guha Messi Numero 10 asanzwe akoresha . Ibiganiro hagati ya Messi na PSG bigeze kure .…
Nzategereze anyerekwe? Shaddyboo yasubije Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore yo kwiga gutereta bakava mu iterabwoba
•
Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga yasubije umuramyi Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore akabasaba kwiga gutereta bakava mu iterabwoba ryo kuvuga ngo Imana yavuze cyangwa ngo bategereje icyo izavuga. Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi uri kugaragaza gukoresha cyane imbuga nkoranyambaga muri iyi minsi by’umwihariko…
Abasore gusa: Dore ibintu 11 umukobwa uhamye azagusaba mu rukundo! Kora ibi bintu ubundi wegukane umwiza wihebeye
•
Ikintu cy’ingenzi ukeneye kumenya ku mukobwa ushikamye kandi wihagazeho, ni uko iteka azahora azi agaciro ke. Uyu ni wa mukobwa udashukika byoroshye. . Icyo wakora ukegukana uwo ukunda . Ibi byagufasha gutuma umukobwa ukunda akwihebera . Umukobwa uhamye arangwa n’ibi bikurikira Nta n’ubwo azajya mu rukundo n’umuntu ataragenzura neza cyangwa umuhungu utamwitaho mu buzima…
Uko wakwivura ibiheri byo mu maso cyangwa ibishishi mu buryo bwihuse ukoresheje tungurusumu
•
Abanyarwanda babivuze ukuri ngo ijoro ribara uwariraye! Niba uhura n’ikibazo cyo gusesa ibiheri umunsi ku munsi uzi ipfunwe bitera kuko cyane cyane bikunze kuza hari nk’igikorwa kidasanzwe uteganya nk’ikirori runaka cyangwa ibazwa ry’akazi. . Uko wakwivura indwara y’ibishishi cyangwa ibiheri byo mu maso . Akamaro ka Tungurusumu ku ruhu rw’umuntu . Uko wakoresha tungurusumu…
Ibi ni byo bintu 6 byakugaragariza ko uzasazana n’umukunzi wawe
•
Mwaremewe gusazana, kubera ko ibintu biranga umubano mwiza murabyujuje. Ibi bintu tugiye kugarukaho birakwereka ko wowe n’uwo mukundana muri mu nzira nziza ndetse urukundo rwanyu rwubakiye ahazima. . Ibimenyetso byakwereka ko uzasazana n’umukunzi wawe . Uko wamenya niba uzarambana n’uwo ukunda Wagiye ubona abantu benshi bahuye n’ibizazane mu rukundo rwabo, bagahura n’ibigeragezo,…