Wigeze urota kubona Lionel Messi na Ronaldo mu ikipe imwe? Magingo aya birashoboka. Dore ibitangaza 8 byaba mu gihe Messi yasanga Cristiano Ronaldo muri Juventus
•
Ubu tuvugana Messi ari mu mubare w’abantu ku Isi badafite akazi nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo imyaka 18. Kuri iy’Isi nta muntu n’umwe wakwiyumvisha ko hari igihe Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bashobora kuzakina mu ikipe imwe, aba baranze imyaka igera kuri 13 iheruka ari bamwe mu…
Menya byinshi ku ndwara y’ibiheri byo mu maso cg se ibishishi
•
Ibiheri byo mu maso, indwara benshi bakunda kwita ibishishi (acne vulgaris) ni indwara ikunze kwibasira uruhu, aho itera gufungana k’utwenge duto tw’uruhu (tumwe ubona tuba turimo ubwoya) ndetse n’imvubura zisohora amavuta yo ku ruhu. Akenshi utu twenge twifunga bitewe n’uturemangingo tw’uruhu twapfuye ntitubashe gusohoka ndetse n’amavuta menshi aba asohoka mu ruhu. . Ibyo wamenya…
Padiri Buhanga Jean Claude yaguye mu mpanuka y’imodoka
•
Padiri Jean-Claude Buhanga wayoboraga Paruwasi ya Cyahinda muri Diyoseze ya Butare yaguye mu mpanuka y’imodoka uyu munsi, hafi y’ibiro by’Akarere ka Nyaruguru. . Padiri Jean-Claude Buhanga yagonzwe n’ikamyo . Ikamyo y’abashinwa yagonze imodoka ya Padiri Jean-Claude Buhanga . Impanuka ikomeye yahitanye Padiri Jean-Claude Buhanga Amakuru aravuga ko uyu mupadiri yabonye ikamyo y’Abashinwa mu zikora…
Perezida Kagame yahishuye impamvu u Rwanda rwohereje igitaraganya “Special Force” muri Centrafrique
•
Mu kiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra bagiranye n’abanyamakuru bibanze ku mubano w’ibihugu byombi uhagaze neza muri iyi minsi n’ibikubiye mu masezerano basinye. Perezida Kagame yagarutse ku mpamvu yatumye u Rwanda rwohereza ingabo zidasanzwe muri Centrafriue kandi rusanzwe rufiteyo izindi nyinshi. Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rushaka…
Byamaze kwemezwa ko Lionel Messi yatandukanye burundu na FC Barcelone
•
Umunyabigwi akaba yari na kapiteni w’ikipe ya FC Barcelona, Lionel Messi yamaze gutandukana n’iyi kipe yakoreyemo amateka akomeye nyuma yo kunanirwa kumuha ibyo yifuza bitewe n’ikibazo cy’ubukungu ifite. Nubwo ikipe n’umukinnyi bari bamaze kumvikana ndetse bamaze no kumvikana ku mafaranga, byaje guhinduka ku munota wa nyuma kubera ikibazo cy’ubukungu ikipe ifite kitatuma ibasha…
Ntibisanzwe: Umwana yavutse atwite impanga 2 abaganga bazimukuramo banahishura uko byagenze
•
Abaganga mu bitaro byitwa Assuta Medical Center biri ahitwa Ashod muri Israel bakuye insoro (embryos) ebyiri zari zirimo gukurira mu mwana w’umukobwa wari umaze kuvuka. Ibi byabaye mu ntangiriro za Nyakanga bizwi mu buvuzi nka fetus-in-fetu, nk’uko Times of Israel yabigarutseho. Uyobora agace kita ku bana mu Bitaro bya Assuta, Omer Globus, avuga…