Urukiko rwagabanyirije ibihano Barikana wahoze ari umudepite wafatanwe intwaro
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko rumuhanisha gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw. Mu isomwa ry’uru rubanza kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024, Urukiko rwatangaje ko rwasanze Barikana agomba guhanwa ariko akagabanyirizwa ibihano kuko yaburanye yemera icyaha. Barikana Eugène yatawe muri yombi ku wa 13 Gicurasi…
Barafinda wongeye gutanga Kandidature ku mwanya wa Perezida yavuze ikintu gitangaje azakora naramuka atowe
•
Barafinda Sekikubo Fred yavuze impamvu yatumye yongeye gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ari uko afite ibintu 200 ashaka gukorera abanyarwanda biri muri Manifesto yateguye. Barafinda Sekikubo Fred wigeze kwiyamamaza k’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire ye ngo azahatane mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Aherekejwe n’umugore we, yakiriwe na…
Umuhanzi yatanze kandidatire yo kuyobora u Rwanda
•
Umwarimu ubifatanya n’ubuhanzi mu njyana ya Hip Hop, Habimana Thomas uzwi nka Thomson, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye nk’umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Habimana Thomas yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora Oda Gasinzigwa kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024 saa tanu n’iminota 15.…
Dore ibyago 7 bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije
•
Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur Daniel Scimeca, Umuganga w’inzobere, baradusobanurira indwara ndetse n’ibibazo umubiri wawe wagira uramutse utanyoye amazi…
Nisanze ndi mu rukundo na musaza wanjye none byananiye kumwikuramo – Ndagisha inama
•
Jye na musaza wajye muto turamenyeranye cyane,Musaza wajye afite imyaka 18 y’amavuko naho jye mfite imyaka 20 y’amavuko ariko ubu ndabona iby’urukundo rwajye kuri we ndabona ruri kugurumana muri jye. Ndabizi nimbabwira ibi abenshi muragira ngo ni ikinyoma gusa mwumve ko atari ikinyoma ari ukuri, ndabasabye mwinshira urubanza. Hashize ukwezi jye nawe tubanye neza…
Umuyobozi w’abanyerondo akurikiranyweho kwivugana nyina babanaga benshi batangazwa n’ibyasanzwe ku murambo we aho arara
•
Umugabo w’imyaka 48 usanzwe ukuriye irondo yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwica nyina w’imyaka 95 y’amavuko banabanaga mu rugo. Uyu mugabo asanzwe akuriye irondo mu Mudugudu wa Rugarama mu kagari ka Nyaruhombo mu Murenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye, Uyu mukecuru bikekwa ko yishwe anizwe n’umuhungu we yitwa Nakabonye Venantie,…