Ifoto ya Sylvester Stallone uzwi nka “Rambo” n’abakobwa be yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga
•
Umukinnyi wa Filimi Slyvester Stallone wamenyekanye muri filimi nka Rocky,Rambo na The Expendables,yashyize hanze ifoto ari kumwe n’abakobwa be 3 yatumye benshi bacika ururondogoro. Uyu mukinnyi uzwi cyane muri filimi z’intambara,ntabwo akunze gushyira hanze amafoto y’umuryango we ariko kuri iyi nshuro yashyize hanze iyo ari kumwe n’abakobwa be 3 b’uburanga. Stallone w’imyaka…
Yakinnye iminota 90 atarakoza ku mupira. Reba uduhigo dutangaje ku bakinnyi n’amakipe y’ibigugu mu mupira w’amaguru
•
Thomas Langu Sweswe,ni umunya Zimbabwe wakinnye nka myugariro mu makipe nka Manning Rangers, Kaizer Chiefs, Bidvest Wits na Black Leopards zo muri Afurika y’Epfo. Uyu mugabo yanakiniye Highlanders, Dynamos na ZPC Kariba zo muri Zimbabwe, mbere yo gusezera ku mupira w’amaguru muri 2017 ubwo yari afite imyaka 35 y’amavuko. Uyu Sweswe azwiho kuba yarakinnye…
Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bagiye kongera guhura
•
Rutahizamu Cristiano Ronaldo na mugenzi we Lionel Messi bamaze imyaka myinshi bayoboye umupira ku isi bagiye kongera guhurira mu mukino wa gicuti amakipe yombi azakina. Barcelona izakira Juventus mu mukino wa gicuti uteganyijwe mu kwezi gutaha ari nabwo aba bakinnyi bazahura nta gihindutse ngo umwe abure. Aya makipe azahurira mu gikombe cyo…
Perezida Macro yafashe icyemezo cyo guhindura telefoni na sim card kubera Pegasus
•
Umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa Emmanuel Macon yihutiye guhindura telefone ye igendanwa na nimero akoresha nyuma y’aho abonye amakuru amubwira ko iyo yari afite yatewe na applicationyo kuneka yakorewe muri Israel, izwi ku izina rya Pegasus. Ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje ko Macron yahise ategeka ko gahunda zijyanye n’umutekano zose zisubirwamo. Muri iki cyumweru, ikinyamakuru…
Ihutire kwisuzumisha virus itera SIDA niba ubonye kimwe muri ibi bimenyetso
•
Ubwandu bwa virusi ya HIV cg SIDA ni indwara udashobora gupimisha ijisho cg ngo urebe umuntu uyimuboneho cyereka kwa muganga honyine nyuma yo gusuzumwa. Uburyo bwizewe bwo kwirinda ubu bwandu ni ukwifata, kudacana inyuma ku bashakanye cg se byose byakwanga ukibuka gukoresha agakingirizo mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina n’abantu batandukanye. Kumenya uko…
Min. W’intebe wa Uganda yavuze ko agiye kwishinganisha kuri Perezida nyuma y’uko hari umuntu wamuteye ubwoba
•
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho hari umuntu atavuga amazina bwavanye i Kampala, akajya iwe Kakumiro gutanga ubutumbwa bwo kumutera ubwoba. Kuwa Gatanu, mu kiganiro n’abanyamakuru, Nabbanja yavuze ko ” Iyo ntumwa yegrereye musaza wanjye aho akorera iramubza ngo uriya mugore ashaka iki? Niba…