Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Harry Kane agiye kugurwa miliyoni 160 ndetse ajye ahembwa akayabo

    Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Harry Kane, ari hafi gusohoka mu ikipe ya Tottenham aho agiye kwerekeza muri Manchester City ishaka kumutangaho miliyoni 160 z’amapawundi ndetse ikajya imuhemba ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru.   Uyu rutahizamu w’imyaka 27 aherutse gutangaza ko atacyifuza gukinira Tottenham ariyo mpamvu Manchester City yashyizemo akayabo kugira ngo imwegukane.   Levy…

  • Umwana w’imyaka 15 yiyahuye kubera kwibasirwa azira gutsindwa ikizamini cya Leta

    Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wo mu gihugu cya Uganda uherutse gusoza ibizamini bya leta mu mashuri abanza yiyahuye nyuma yo gutukwa na bagenzi be bamuziza gutsindwa.   Uyu mwana wigaga ku kigo cy’abayisilamu cya Bwikya mu mujyi wa Hoima wo mu burengerazuba bwa Uganda yakoze ikizamini cya Leta umwaka ushize ariko amanota asohotse agaragaza…

  • Nigeria yungutse indege z’indwanyi 6 zizayifasha guhangana n’amabandi, no kurwanya iterabwoba – AMAFOTO

    Leta ya Nigeria kuri uyu wa 22 Nyakanga 2021 yakiriye indege z’indwanyi 6 za A-29 Super Tucano zizayifasha guhangana n’amabandi n’ibikorwa by’iterabwoba. Zakiriwe na Minisitiri w’Ingabo wa Nigeria, Bashir Magashi agaragiwe n’abasirikare bakuru, ku kibuga cy’indege kiri mu mujyi wa Kano. Izi ndege ni zimwe muri 12 iki gihugu cyaguze na Leta Zunze Ubumwe…

  • Uganda yavuze ku makuru avuga ko U Rwanda rwumvirije bamwe mu bategetsi bayo bakuru

    Twabonye amakuru hirya no hino, kandi umuntu yavuga ko ari ibivugwa gusa,” uyu ni umunyamabanga wa leta ushinzwe imibanire mpuzamahanga muri Uganda avuga ku makuru y’uko u Rwanda rwaba rwarakoresheje ikoranabuhanga rya Pegasus mu kumviriza abayobozi batandukanye muri iki gihugu. Guverinoma y’u Rwanda igira icyo ivuga kuri aya makuru yavuze ko ayo makuru akwirakwizwa…

  • Umubyeyi w’umunyamakuru Bac T wamamaye kuri Afrimax Tv yitabye Imana

    Umubyeyi w’Umunyamakuru Bac-T yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nk’uko uyu munyamakuru yabyutse abitangaza abinyujije ku rukuta rwe rwa WhatsApp.   Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ku itariki 22 Nyakanga 2021, umuhanzi akaba n’umunyamakuru Nkubiri Gerard uzwi nka Bac T yabyutse ashyira ifoto y’umubyeyi we kuri “sitati” ya WhatsApp…

  • Covid-19 yahitanye abantu 11 naho 1309 barayandura

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane abantu 11 bishwe na Covid-19 mu Rwanda bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo mu gihugu uba 704.   Abahitanwe n’iki cyorezo n’abagore batanu b’imyaka 79, 72, 52 (Kigali), 65 (Karongi) & 24 (Huye) n’abagabo batandatu b’imyaka 77 (Ruhango), 67 (Kamonyi), 63 (Karongi), 61, 58 & 30…