U Rwanda rurashinjwa kumviriza telefoni z’abantu hifashishijwe ikoranabuhanga rya Pegasus ibirego u Rwanda ruhahakana rwivuye inyuma. Bamwe mu bavugwa harimo Mende wo muri RDC ndetse na Carine Rusesabagina
•
Nyuma y’amakuru yasakaye hirya no hino kuri uyu wa Mbere ashinja ikigo cyo muri Israel, NSO Group gukoresha software yacyo ya Pegasus mu kwinjira no kuneka ibivugirwa kuri telephone z’abantu mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda, ikigo OCCRP (Organized Crime and Corruption Reporting Project) nacyo cyashinje u Rwanda gukoresha iyi software mu kumviriza Abanyekongo…
Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka 5 na Raja Casablanca yo muri Maroc
•
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze itangazo rigaragaza amasezerano y’imyaka itanu yagiranye n’ikipe y’ikigugu ya Raja Club Athletics Casablanca yo muri Maroc isanzwe ari ubukombe ku mugabane w’Afurika. Aya masezerano azatuma aya makipe akunze kurusha ayandi yose yo mu bihugu byayo asangira ubunararibonye,atizanya abakinnyi,ubumenyi ndetse n’ibikoresho bitandukanye,gufashanya kuzamura abakinnyi bato,kugurishanya abakinnyi,gukinana imikino ya…
Capucine ni ururabo rwiza ariko ikaba n’umuti w’indwara nyinshi zikunze kwibasira abantu cyane. Menya indwara ivura n’uko wayikoresha
•
Tujya tuyibona cyangwa natwe tukayitera mu busitani. Nyamara capucine (soma kapusine) ifitiye umumaro ubuzima bwacu. Uyu ni umwe mu miti gakondo ikoreshwa kuva kera cyane kubera akamaro kayo mu kuvura indwara zinyuranye cyane cyane izo mu myanya y’ubuhumekero. Akamaro ku buzima Capucine ikungahaye kuri byinshi: ifite muri yo imyunyungugu itandukanye nka potassium na…
Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze muri 2021
•
Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 z’Amanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 z’Amadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rw’imodoka 15 zihenze dukesha Luxe Digital, ari Bugatti La Voiture Noire igura miliyari zisaga 18 z’Amanyarwanda, ku…
RIB yataye muri yombi umuyobozi ushinzwe imyubakire mu mugi wa Kigali
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali. Nk’uko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi wa RIB,…
Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wanduye ubwoko bushya bwa covid-19 yiswe Delta
•
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyashyize hanze ibimenyetso bishobora kwereka umuntu ko yanduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa Delta. RBC ivuga ko ibyo bimenyetso ari: Gucibwamo ▪︎Isesemi no kuruka ▪︎Kubabara imikaya ▪︎Kubabara cyane umutwe ▪︎Gucika intege ▪︎Ibicurane ▪︎Kumagara mu muhogo RBC igira inama uwo ari we wese ubonye ibi ibimenyetso kwihutira kujya kwa…