Imimaro 9 ikomeye y’igitunguru gitukura harimo no kuvura indwa zo mu buhumekero. Numenya ibi ntuzongera kurara utakiriye
•
Igitunguru gitukura tugikoresha kenshi nk’ikirungo, tugiye gukaranga se, no ku ifiriti cyangwa salade. Ibiryo kirimo wumva bihumura neza. Gusa igitunguru gitukura kandi ni umuti w’indwara nyinshi zo mu buhumekero. Ese igitunguru cyaba ari umuti? Yego nibyo kuko gikize kuri : *. Vitamin C *. Vitamin B6, B9 *. Calcium *. Sodium *.…
Ibintu 5 bitangaje bizakubaho nutangira kunywa amazi buri gitondo ukibyuka
•
Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo biba iyo uryamye! Kubera kumara amasaha menshi usinziriye, umubiri utangira kugenda ugira umwuma…
Umugi wa Kigali ugiye gutangira gupimira abantu mu tugali batuyemo igikorwa gitangira kuri uyu wa Gatandatu
•
Kuva kuri uyu wa Gatandatu kugeza ku Cyumweru tariki 18 Nyakanga, mu Mujyi wa Kigali haratangira gupimwa COVID-19 mu Tugari twose. RBC ivuga ko iki gikorwa kizafasha kumenya uko iki cyorezo gihagaze. Ku munsi w’ejo, Dr. Ngamije Daniel yabwiye Abanyamakuru ko iyi gahunda ya Guma mu rugo izatuma habaho gusuzuma Umujyi wa Kigali…
Kenya: Umupolisikazi wahigwaga aregwa kwica bamusanze yapfuye
•
Umupolisikazi wo muri Kenya wari umaze igihe ashakishwa aregwa kurasa akica abagabo babiri bamusanze yapfuye mu rugo rw’ababyeyi be. George Natembeya, umutegetsi wo mu ntara ya Elgeyo Marakwet yavuze ko Caroline Kangogo yari yaragiye mu rugo rw’ababyeyi be muri ako gace ka Rift Valley ari naho yirasiye agapfa. Hashize ibyumweru bibiri ahigwa…
Gaby Kamanzi w’imyaka 40 avuga ko arambiwe abamushyira ku gitutu cyo gushaka umugabo ndetse n’abagabo bamwoherereza ubutumwa bamureshya
•
Umuhanzi Gaby Kamanzi uri mu bakunzwe cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda yavuze ko arambiwe abantu bahora bamushyiraho igitutu cyo gushaka ndetse n’abagabo bahora bamwoherereza ubutumwa bumusaba urukundo. Ubwo yari mu kiganiro kuri KT Radio, Radio ya Kigali Today ku wa Gatatu tariki 14 Nyakanga 2021, umwe mu bari…
Abanyeshuri Bashinjwa Kwandika ‘RIP’ Ku Ifoto Ya Perezida Kagame Baburanishijwe Bwa Mbere
•
Abanyeshuri bane bo mu ishuri rya Kabgayi A ryo mu Karere ka Muhanga, bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo igishingiye ku kuba baranditse ijambo RIP ku ifoto ya Perezida Paul Kagame, bamwe bafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo undi umwe ararekurwa. Aba bana bakurikiranyweho ibyaha bitanu ari byo ; Gukurura amacakubiri, Gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi…