Uburundi bwatangaje ko bwafunze imipaka yo ku butaka gusa, mu kirere hafunguye bunavuga ku barundi bari mu Rwanda Bashaka gutaha
•
Reta y’Uburundi yatangaje ko inzira zo mu Kirere zifunguye ku Burundi n’Urwanda. Naho ku Barundi imipaka yo hasi yafunzwe bari mu Rwanda, bemerewe gusubira mu Burundi. Kuri uyu wa gatanu ubwo inama nshingamateka y’Uburundi yari iramutse yakira Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Albert Shingiro ngo barebere hamwe ibibazo bitandukanye biri mu rwego rw’imigenderanire hagati y’Uburundi n’ibindi…
Uburundi bwahishuye icyatumye bufunga umupaka byihuse
•
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi,Albert SHINGIRO,yatangaje ko u Burundi bwigenga ndetse ko ntawe bureberaho mu gufata ibyemezo ariyo mpamvu bwahisemo gufunga imipaka n’u Rwanda nyamara RDC imaze igihe ishinja u Rwanda gukorana na M23 yo yaritonze. Ubwo Minisitiri Shingiro yari yasuye inteko ishinga amategeko kuri uyu wa 12/01/2024, Umudepite witwa Gikeke Pascal yamubajije impamvu…
Musa Esenu yabonye ikipe imuhemba akayabo nyuma yo gutandukana na Rayon Sports
•
Rutahizamu ukomoka muri Uganda, Musa Esenu,wahoze akinira Rayon Sports,yerekeje mu ikipe nshya yitwa Masafi Al-Junoob SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq. Amakuru avuga ko uyu rutahizamu umaze imyaka 2 muri Rayon Sports, yamaze kumvikana n’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq yitwa Masafi Al-Junoob SC kuyikinira mu mezi 6 ari imbere…
KNC yishongoye kuri Rayon Sports nyuma yo kuyitsinda
•
Abafana ba Gikundiro batangiye umwaka wa 2024 bari mu marira nyuma yo gutsindwa na Gasogi United ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 16 wa shampiyona wabaye ku wa Gatanu, tariki 12 Mutarama 2024, kuri Kigali Pelé Stadium. Muri uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatanu,Umuyobozi wa Gasogi United,KNC,yavuze ko ashimira Rayon Sports ko yirwanyeho…
Leta y’u Rwanda yageneye ubutumwa abarundi bari mu Rwanda
•
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yabwiye abarundi bari mu Rwanda ko bakwiye gutuza kuko u Rwanda rutafunze imipaka nk’igihugu cyabo. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE,Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije, Alain Mukuralinda, yavuze ko Abarundi batuza kuko nta kibazo bazahura nacyo mu Rwanda. Ati “Mpumurize Abarundi baba hano mu Rwanda. Bo baryame, batuze, bakore…
Kenya: Abacamanza bifatiye ku gahanga perezida Ruto kubera ibyo yatangaje
•
Ubuyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya, ntibucana uwaka na Perezida William Ruto nyuma y’aho atangaje ko hari ibyemezo by’ubucamanza azajya arengaho. Tariki ya 2 Ukuboza 2023 ni bwo Ruto yatangaje ko hari ibyemezo by’inkiko bitinza gahunda ze zo guteza imbere igihugu, zirimo kubaka ibikorwaremezo, ubwisungane mu kwivuza n’iyo gushakira Abanyakenya bose inzu zibahendukiye. Uyu Mukuru…