-
Nyampinga w’ U Rwanda wishwe muri jenoside yakorewe abatutsi yari muntu ki ? Amateka ya Jeanne Nubuhoro
•
Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 yahitanye ubuzima bw’inzirakarengane zirenga miliyoni imwe , muri abo harimo abagabo, abagore, abana, abakuze, urubyiruko, ibyamamare, abanyapolitiki, ndetse n’abandi benshi. Mu bambuwe ubuzima bwabo muri jenoside yakorewe abatutsi harimo na nyampinga wa mbere w’u Rwanda ariwe Jeanne Nubuhoro. Uyu muziranenge wabaye nyampinga w’ U Rwanda wambere yambuwe ubuzima muri…
-
Teta Sandra yasabye imbabazi ku nyandiko ye yafashwe nk’ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
•
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga ari amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku wa Mbere tariki 07 Mata 2025, ubwo hatangizwaga icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Teta abinyujije ku rubuga rwa Snapchat ndetse no kuri sitati…
-
Joseph Kabila wari warahunze yavuze ko agiye kugaruka mu gihugu no kwinjira mu cyibazo cy’intambara imaze kuyogoza RDC aca amarenga yo kwiyunga kuri M23
•
Mu gihe igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) gikomeje kunyura mu bihe bikomeye by’umutekano muke, amakuru atunguranye yongeye guhungabanya imbago za politiki muri icyo gihugu. Uwahoze ari Perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange, yatangaje ko agiye guhita agaruka mu gihugu cye nyuma y’umwaka wose ari mu buhungiro ndetse n’imyaka itandatu yose…
-
RDC: Zabyaye amahari hagati y’ingabo z’u Burundi n’abo bafatanya mu guhangana na M23
•
Uko intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amwe mu makuru atangiye gusohoka agaragaza isura idasanzwe y’imibanire y’abafatanyabikorwa ba Leta ya RDC. Mu gihe M23 ikomeje gukaza umuvuduko, bamwe mu barwanyi b’imitwe yitwaje intwaro buishyize hamwe (Wazalendo) baremeza ko Ingabo z’u Burundi bashyizwe hamwe na bo mu rugamba,…
-
Ibintu 8 byagufasha kuba umuherwe ukoresheje umushahara uhembwa – Warren Buffet – Part I
•
Warren Buffet ni umuherwe w’umunyamerika ufite imyaka 94 kuko yavutse mu mwaka w’1930. Buffet abarirwa umutungo ungana na miliyari 154 z’amadorari ya Amerika bimushyiraku mwanya wa gatanu ku rutonde rw’abantu bakize kurusha abandi ku isi. Nubwo uyu mukambwe akize kugeza aha ariko arakibera mu nzu yaguze mu myaka ya za 50 ku bihumbi 31…
-
Biratangaje: Umubyeyi ari mu byishimo bikomeye byo kubyara umwana w’umukobwa nyuma y’uko atewemo nyababyeyi y’umuvandimwe we
•
Mu Bwongereza, habayeho ibyiswe igitangaza aho Umwana wa mbere yavutse ku mugore wahawe nyababyeyi y’umuvandimwe ndetse uwo mwana yiswe Amy, izina ry’uwo muvandimwe wahaye wa nyina nyababyeyi. Grace Davidson, w’imyaka 36, yavukanye indwara idasanzwe yitwa MRKH ituma umugore atagira nyababyeyi, gusa aba afite amagi (ovaries) akora neza. Mu mwaka wa 2023, umuvandimwe we witwa…