-
Bugesera: Harashakishwa abishe uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
•
Mu ijoro rya tariki 04 Mata 2025, mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, hiciwe umubyeyi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, atewe ibyuma n’ibindi bikoresho gakondo, iperereza rikaba rikomeje ngo abo bagizi ba nabi bafatwe. Kigali Today ivuga ko yamenye amakuru avuga ko uwishwe yitwa Chantal Muhongerwa wavutse…
-
Waruzi ko ibirungo witera bishobora guteza ingaruka zikomeye ku buzima bwawe? Dore ibyo ugomba kwitondera
•
Mu buzima bwa buri munsi, ibikoresho byo kwisiga byibanda ku birungo by’ubwiza bisigwa ku minwa, puderi, mascara na foundation ni ingenzi, ariko hari impungenge ku ngaruka bishobora guteza ku buzima, cyane iyo byarenze igihe cyabyo cyo gukoreshwa. Nk’uko BBC ibigaragaza Dr. Maria Pilar Botey-Salo, umwarimu mu ishami rya Human science muri Kaminuza ya London…
-
Amaraso y’Abanya-Afurika yabaye imali ikomeye mu buvuzi bugezweho no guhanga imiti
•
Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko isi yose igomba gushyira imbaraga nyinshi mu bushakashatsi bw’amaraso y’Abanyafurika, bavuga ko bafite imiterere y’amaraso y’ingenzi mu guhanga imiti no kugabanya indwara zitandukanye. Nk’uko tubikesha rfi mu nama ya Human Genome Organisation (HUGO) yabereye mu kwezi gushize i Durban muri Afurika y’Epfo, abahanga mu by’ubuzima batangaje ko gukusanya amakuru…
-
Leta ya Congo ikomeje gushakisha abayifasha gutyaza no kongera ubushobozi bw’igisirikare cyayo FARDC
•
Mu butumwa i Dar es Salam, muri Tanzaniya, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata, Minisitiri w’ingabo wa Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yahuye na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Stergomena Lawrence Tax. Icyari kigamijwe muri uru ruzinduko kwari ukongera gutangiza ubufatanye bwa gisirikare hagati y’ibihugu byombi. Gushimangira ubushobozi bwa FARDC Izingiro ry’ibiganiro…
-
Goma: Bank zigiye kongera gukora
•
Ibikorwa by’amabanki bigiye kongera gufungura mu Mujyi wa Goma nyuma y’amezi abiri bihahagaze nyuma y’uko Inyeshyamba za AFC/M23 zihigaruriye mu mpera za Mutarama. Abinyujije kuri X, Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Willy Manzi, yavuze ko banki zongera gufungura imiryango kuri uyu wa Mbere, itariki 7 Mata 2025. Yanditse ati:”Nk’uko M23/AFC yabisezeranyije, nta mbogamizi…