-
Perezida Ndayishimiye yongeye gushimangira umugambi we wo gutera u Rwanda anahishura ikibura ngo arutere
•
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko afite umugambi wo gutera u Rwanda akagera i Kigali, mu gihe Umujyi wa Bujumbura waba utewe. Ndayishimiye yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na BBC Gahuzamiryango. Iki gitangazamakuru cyasubiyemo amagambo ye avuga ko mu gihe umutwe wa M23 umaze igihe urwanira n’ingabo zirimo u Burundi muri Repubulika Iharanira…
-
Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC igiye kongera guterana yiga ku bibazo biri muri RDC. Ingingo zizaganirwaho
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungire, yatangaje ko abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye guhura hifashishijwe ikoranabuhanga, hagamijwe kwemeza ibyemezo byafashwe n’inama y’abaminisitiri bo muri iyo miryango mu gushakira igisubizo ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC. Yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro Inkuru mu Makuru cya RBA, aho yagaragaje ko ku wa Mbere…
-
Gen. Muhoozi yahaye M23 icyumweru kimwe ikaba yafashe Kisangani bitaba ibyo akayifatira
•
Umugaba Mukuru w’Igisirikare cya Uganda, UPDF, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zitazitambika umutwe wa M23 mu gihe wagira umugambi wo gufata Umujyi wa Kisangani. Gen. Muhoozi Kainerugaba ukunze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko kandi bibaye byiza uwo mutwe wabikora vuba cyangwa ingabo za UPDF zikabyikorera. Ati “UPDF ntabwo izitambika…
-
Kenya: Umudepite yakubitiwe kuri Sitade yagiye kureba umupira
•
Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya, yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Harambee Stars na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu mudepite wo muri Mumias, wari wambaye umwambaro wa AFC Leopards, ari hagati y’abafana imbere muri Nyayo Stadium.…
-
Hamenyekanye icyafashije Qatar mu guhuza Tshisekedi na Kagame mu ‘Inama ya gicuti’
•
Ubushyamirane hagati ya Perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame bwari bumaze igihe kirekire butemera ubuhuza ubwo ari bwo bwose, ariko icyatunguranye ni ukubabona bicaye hamwe i Doha, muri Qatar, mu ijoro ryo ku wa kabiri. Perezida Tshisekedi amaze igihe ashinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23 uri mu burasirazuba bwa DR Congo, ndetse…
-
Rutangarwamaboko yanenze Pamella wagaragaje inda y’imfura agiye kubyarana na The Ben
•
Umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste yanenze imyitwarire ya The Ben na Pamella, baheruka gushyira hanze amashusho y’indirimbo nshya y’uyu muhanzi ikagaragaramo umugore we yerekana inda y’imvutsi y’imfura bagiye kwibaruka. Rutangarwamaboko yabigarutseho mu butumwa yacishije ku mbuga nkoranyambaga, aho yanditse avuga ko umugore utwite akwiriye kubahwa no kwiyubaha ubwe. Mu butumwa bwe yagize ati “Duhane Duhanure…