Abahoze bayobora Rayon Sports bakoze inama mu gihe iyi kipe iri mu mahina
•
Abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports bahuye bafata umwanzuro wo kongera kuba inyuma y’ikipe yabo , ikomeje kuvugwamo ibibazo byamikoro make. Muvunyi Paul, Dr. Rwagacondo Emile, Ruhamyambuga Paul na Gacinya Chance Denis bari mubahuriye mu nama yabereye i Rebero i Kigali ku wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024. Ibi bibaye nyuma y’uko uwahoze ari…
Umutwe wa CODECO urashinjwa kwica abaturage 10 mu burasirazuba bwa Congo
•
Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukomeje guhitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa kabiri washinjijwe guhitana ubuzima bw’abasivili 10 mu gitero wagabye mu mudugudu umwe wo mu Ntara ya Ituri. Umuyobozi w’umudugudu iki gitero cyagabwemo, Jean Marie Mateso, yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 16…
Benshi bayakora batabizi: Amakosa 5 yangiza urukundo rugasenyuka rutamaze kabiri
•
Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane ni umwanzi wa mbere. Murakundana ariko ntujya umuha umwanya. Uhora umwikururaho. Ni ubwo byumvikana…
Abakobwa: Dore Ubuntu 6 bizakubaho niba ukunda kubenga abasore
•
Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa ari bo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi batandukana, abakobwa ari bo baba bateye intambwe ya mbere yo gutandukana, si kuri bose gusa ni ahenshi. Ubushakashatsi bwagaragaje ko ubusanzwe umukobwa akunda inshuro 7 gusa agifite urukundo rwa…
Dore ibyiza byo kurongora umugore mugufi abasore benshi batazi
•
Umugore mwiza ni isoko y’ibyishimo n’amahoro ku mugabo we. Iyo umugabo rubanda rumubona nk’igitangaza ariko umugore we akaba amusuzugura uwo mugabo yumva kuba rubanda rumwubaha ariko akaba atubashywe n’umugore we ntacyo bimaze. Mu rwego rwo kwirinda aka gasuzuguro kimwe mu byo wakora ni ukurongora umugore usumba kuko we abona agaciro kawe kuri buri ngingo.…
Akayabo k’amafaranga Perezida wa FERWAFA agiye kujya ahembwa katumye benshi bacika ururondogoro
•
Munyentwari Alphonse uyobora Ferwafa agiye kujya ahabwa asaga Miliyoni 65 Frw buri mwaka, nyuma yaho Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko amafaranga yagenerwaga abayobozi ba za Federasiyo kuri uyu mugabane yazamuweho 150% akagera ku bihumbi 50$. Byemejwe na Perezida wa CAF, Patrice Motsepe, kuri uyu wa Kabiri aho yabwiye Televiziyo ya SABC…