Ibintu byahinduye isura: Ukraine yafashe umwanzuro wo kwimurira intambara mu Burusiya
•
Abasirikare ba Ukraine bateye intambwe bagera muri kilometero 30 imbere mu Burusiya, mu gitero cya mbere cyinjiye kure cyane mu Burusiya kandi gikomeye cyane kibayeho kuva Uburusiya bwatangira igitero gisesuye kuri Ukraine muri Gashyantare mu 2022. Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko abasirikare babwo barwanye n’abasirikare ba Ukraine hafi y’ibyaro bya Tolpino na Obshchy Kolodez,…
Rayon Sports yakiriye rutahizamu wakinnye i Burayi
•
Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya ukomoka mu gihugu cya Cameroon, Aziz Bassane Koulagna wakinnye mu ikipe y’abatarengeje imyaka 19 ya FC Nante yo mu Bufaransa. Uyu rutahizamu yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe Saa yine z’ijoro zo kuri iki Cyumweru, yakirwa na bamwe mu bakozi ba Rayon Sports barimo n’Umunyamakuru wayo Uwizeyimana Sylvestre uzwi…
Apôtre Dr Paul Gitwaza yari yishwe azira ihabara
•
Umushumba Mukuru w’Umuryango Authentic Word Ministries / Zion Temple Celebration Center, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yavuze ko hari uwashatse kumuvutsa ubuzima ariko Imana ikinga ukuboko. Ibi Apôtre Dr Paul Gitwaza,yabigarutseho ubwo kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, hasozwaga igiterane Africa Haguruka, cyabaga ku nshuro ya 25 ari nako iri torero ryizihiza imyaka…
Uko wanyaza umugore ahagaze ndetse n’ibyo ugomba kwitondera
•
Igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye kiri mu ngingo zikomeye yewe umuntu yanavuga ko ari nshingirwaho mu kubaka neza umuryango, ariko iyo iki gikorwa gikozwe nabi cyangwa se abashakanye ntibakivugeho rumwe, nta kabuza nta munezero urubonekamo. Uyu munsi tugarutse ku ’Gutera akabariro ariko unyaza umugore’, ese iyo tuvuze kunyaza niko twese tubyumva ? bikorwa…
Uburyo bworoshye wakoresha urongora umugore ubyibushye akanyurwa
•
Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane cyane umugore. Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose ukitwara neza, ukabasha kumushimisha no kuba igisubizo ku byifuzo bye.Nkuko rero bigaragwa neza n’inzobere…
USA: Harris Kamala yatangaje uzamubera Visi Perezida naramuka atsinze amatora
•
Visi Prezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris, yahisemo Guverineri Tim Walz wa Leta ya Minnesota kumubera kandida Visi Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu, nk’uko amasoko yuzuzanya yabyemereye ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ni amatora bazaba bahanganyemo na Donald Trump wabaye Perezida w’Amerika. Trump we yamaze guhitamo Senateri JD…