Trump yarushije cyane Perezida Biden mu kiganiro mpaka kibanziriza amatora
•
Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike,Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo ku wa gatanu hafi saa kumi n’igice (16h30), mu masaha yo muri icyo gihugu, ni…
Gen. Bunyoni wari mu bujurire yakatiwe gufungwa burundu anacibwa ihazabu ya miliyari zisaga 23 z’amarundi
•
General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Burundi, yatsinzwe mu rubanza bujurire,akatirwa gufungwa ubuzima bwose. Urukiko rukuru rw’ubujurire rwemeje igihano uyu wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Uburundi yari yahawe bwa mbere cyo gufungwa ubuzima bwose. Urubanza rwari rumaze ukwezi mu mwiherero. Mu mwaka ushize wa 2023, yahamwe n’ibyaha birindwi birimo kugerageza kwica umukuru…
Abaduteye ‘tuzabakurikirana iwabo’ – Minisitiri w’intebe wa RDC
•
Minisitiri w’intebe wa DR Congo ubwo yari mu ruzinduko rwe rwa mbere mu ntara ya Kivu ya Ruguru iri mu ntambara, yatangaje ko abateye igihugu cye – atavuze abo ari bo -bazabakurikirana kugera iwabo. Abategetsi ba Congo bashinja u Rwanda ko ari rwo rwateye iki gihugu ruciye mu mutwe wa M23, ibyo leta y’u…
Hamenyekanye umubare w’abaguye mu mpanuka yahitanye abari bagiye kwamamaza Kagame i Huye
•
Abantu bagera kuri bane bapfuye abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yagonze abantu benshi bari mu muhanda bajya kwamamaza umukandida Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi,mu karere ka Huye mu majyepfo y’u Rwanda. Mu ijambo rye muri ako karere, Paul Kagame yihanganishije imiryango yabuze ababo asaba ko hakorwa ibishoboka impanuka zikagabanuka muri ibi bikorwa. Ibinyamakuru mu Rwanda…
Urarushywa n’ubusa niba uwo ukunda umubonaho ibi bimenyetso kuko ntagukunda na gato
•
Ni kenshi usanga abantu mu rukundo bahura na byinshi rimwe na rimwe ugasanga uwo ukunda uziko nawe agukunda mbese mukundana, ariko ugasanga waribeshye ahubwo we mukundana gusa kugira ngo agukoreshe mu byo we ashaka. Hano hari ibimenyetso bizakwereka ko ari kugukoresha atagukunda: 1. Ahora akubwira ko nutamuha icyo ashaka hari undi uzakimuha. Akenshi umuntu…
Dore ibintu 6 byagufasha gusukura umwijima wawe no gutuma ukora neza
•
Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi. Iyo umwijima udakora neza, ngo usohore iyo myanda iba irimo n’uburozi bishobora kuba byinshi mu mubiri bikaba…