Byinshi kuri vitamin E ifasha mu ikorwa ry’intanga, amaraso, kurinda kubara mu gihe cy’imihango…
•
Vitamini E ni imwe muri vitamini zidakunze kuboneka henshi ikanaba muri vitamini zidasohoka mu nkari bivuze ko gufata inyongera zayo nyinshi atari byiza. . Akamaro ka Vitamini E mu mubiri w’umuntu . Ibyo kurya wasangamo Vitamini E Iyi vitamini ikaba igira uruhare runini mu mikorere y’imisemburo ku gitsinagore ndetse no ku bagabo ibagirira…
Birababaje: I Nyamirambo Umugabo Yafashe Umugore We Ari Kumwe N’undi Mugabo Mu Buriri Bwe. Reba Ibyakurikiyeho. Video
•
Mu kagari ka Rugarama, mu murenge wa Nyamirambo umugabo witwa Munyaneza Jean Bosco yasanze umugore we uryamye n’undi musore maze ahita abafungira ashaka kwambura ubuzima uwo mugabo yasanze iwe maze akizwa n’ababafunguriye. . Umugabo Yaguye Gitumo Umugore We . Yasanze Aryamanye N’undi Mugabo . Umugabo yafashe umugore we asamba1na Nkuko tubikesha BTN TV…
Umukinnyi w’iteramakofe yishwe n’igipfunsi yatewe n’uwo bari bahanganye
•
Ibibazo ni byinshi ku bijyanye n’uburyo umutekano w’abakinnyi b’umukino w’iteramakokofe (boxe) witaweho muri Zimbabwe nyuma y’aho Taurai Zimunya apfuye kubera amakofe yakubiswe mu mukino yakiniraga i Harare. . Taurai Zimunya wakinaga iteramakofe yishwe n’igipfunsi yatewe . Taurai Zimunya yapfuye nyuma yo gukubitirwa mu irushanwa Uyu mukinnyi wa boxe Taurai Zimunya, w’imyaka 24, wo mu…
Umusore W’imyaka 24 Arashinjwa Kwica Se Ndetse Yigamba Ko Na Mukase Iyo Ahamusanga Aba Yarabarangirije Rimwe
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Kamembe kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Ugushyingo 2021 rwahaye ishingiro icyifuzo cy’Ubushinjacyaha maze rutegeka ko umusore w’imyaka 24 ukekwaho kwica ise akurikiranwa afunzwe by’agateganyo iminsi 30 muri gereza. Icyaha uregwa ashinjwa cyakozwe ku itariki ya 14 Ukwakira 2021 ahagana saa moya z’ijoro bikaba byarabereye mu karere ka Rusizi, umurenge wa…
Kenya iri guteza cyamunara indege zishaje harimo nizigurishwa 45,000RWF
•
Ikigo cya Kenya gishinzwe ibibuga by’indege, KAA, cyatangaje ko kigiye guteza cyamunara indege 73 zabuze ba nyirazo, uwifuza imwe muri zo akaba ashobora kwishyura amashilingi 5000 (mu mafaranga y’u Rwanda angana n’45,850). Iki kigo gisobanura ko ba nyir’izi ndege ziri ku bibuga by’indege bine birimo icyitiriwe Jomo Kenyatta, icya Moi, Wilson n’icya Lokichoggio bamaze…
Ijoro ryanjye ni wowe uryiharira – Amagambo y’urukundo wabwira umukunzi wawe akagukunda by’iteka – Abakobwa gusa
•
Amagambo meza ni mugenzi w’Imana. Amagambo meza ushobora kubwira uwo wihebeye ashobora kumubera ikiraro kimugeza ku mutima wawe. Iyi nkuru yagenewe abakobwa bifuza kugumana abo bakunda. . Amagambo meza y’urukundo wabwira umukunzi wawe . Imitoma wakoresha mu gitondo ushimisha umukunzi wawe . Bwira umukunzi wawe aya magambo wirebere ngo urukundo ruragurumana Ntabwo ukwiriye…