Dr. Pierre Damien Habumuremyi yasezeranyije Perezida Kagame ikintu gikomeye nyuma yo kumuha imbabazi
•
Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe n’umuyobozi mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe impeta n’imidali y’ishimwe yasezeranyije Perezida Paul Kagame ko amakosa yamufungishije atazayasubira. . Pierre Damien Habumuremyi wahoze ari Minisitiri w’intebe yabwiye Perezida Kagame ko atazongera gukora amakosa nk’ayo yakoze . Pierre Damien Habumuremyi yafunguwe ku mbabazi za Perezida Kagame . Ishimwe rya…
U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu gukurikiza amategeko ku rutonde rw’ibihugu bya Afurika biri munsi y’ubutayu bwa Sahara
•
Umushinga w’Ubutabera ku Isi WJP (World Justice Project) washyize hanze icyegeranyo kigaragaza uko Ibihugu bikurikirana mu kugendera ku mategeko muri 2021 kizwi nka ’WJP Rule of Law Index 2021’ aho biyobowe na Denmark mu gihe u Rwanda ruri ku mwanya wa 42 ku Isi rukaba urwa mbere muri Africa yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.…
Umukobwa / Umugore nagusura akakwereka ibi bimenyetso uzamenye ko yifuza cyane akabariro umenye uko witwara
•
Abagabo cyangwa abasore bakora amakosa iyo umukobwa cyangwa umugore yabasuye bigatuma uwo mukobwa cyangwa uwo mugore atazigera abagarukira mu rugo. Iyo umukobwa cyangwa umugore yagusuye akakwereka ko ashaka ko mutera akabariro ntushobore gusoma ibimenyetso yakweretse ngo umenye uko ubyitwaramo Bizana agatotsi mu mubano wanyu. . Ibimenyetso biranga umukobwa ushaka akabariro . Dore ibimenyetso…
The Ben na Miss Uwicyeza Pamella mu kinovera cy’urukundo. Reba noneho aho bari kurira ubuzima – AMAFOTO
•
Uwicyeza Pamella ni we watangiye ashyira kuri Instagram ye amashusho ari gutembera ku mucanga wa Velassaru uherereye mu Mujyi wa Malé muri Maladives. Uyu mujyi ukora ku Nyanja y’Abahinde utuwe n’abaturage bake cyane, kuko ibarura riheruka gukorwa mu 2017 ryagaragaje ko utuwe n’abantu 142.909. Hotel The Ben n’umukunzi we batembereyeho ni imwe…
Menya amabwiriza agenga ibitaramo n’utubyiniro byakomorewe nyuma y’imyaka hafi 2 bifunze
•
Nyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri yanzuye ko utubyiniro n’ibitaramo bikomorewe, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwashyize hanze amabwiriza agomba gukurikizwa n’ababyitabiriye. Itangazo rya RDB ryo kuri uyu wa Kane, tariki 14 Ukwakira 2021, rigaragaza ko abazajya mu makoraniro arimo ibiterane, amamurikabikorwa n’ibitaramo bagomba kuba bipimishije COVID-19 hakoreshejwe uburyo bwa PCR cyangwa ubwihuse [rapid test]…
Umwarimukazi ufatwa nk’uhiga abandi uburanga muri Afurika yavugishije benshi kubera amafoto yashyize hanze [AMAFOTO]
•
Umwe mu barimukazi bakunzwe cyane muri Afurika y’Epfo kubera imiterere ye yavugishije benshi kubera amafoto yashyize hanze yambaye imyenda ishotorana. Uyu mwarimukazi asa nkaho yagize intego ibyo gutwika ku mbuga nkoranyambaga buri cyumweru kubera amafoto ashyira hanze agaragaza imiterere ye. Uyu mwarimukazi witwa Lulu Menziwa uzwi nka Madam B akurikirwa na benshi…