Mozambique: Ingabo z’ Rwanda n’iza Mozambique zakomwe mu nkokora n’ibyihebe byahinduye amayeri
•
Umuvugizi w’Igisirikare cya Mozambique, Brig Chongo Vidgal, yatangaje ko ibitero Ingabo z’u Rwanda zikomeje kugaba mu ntara ya Cabo Delgado ku bufatanye n’iza Mozambique byakomwe gato mu nkokora n’ibyihebe bisa n’ibyarambitse intwaro bikiyoberanya nk’abaturage. . Ibyihebe byatangiye kwiyoberanya mu baturage . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zikomeje gukurikirana ibyihebe Brig Vidgal yemeje…
Zambia: Byinshi kuri perezida Hichilema watsinzwe incuro 5 zose akitwa umukozi wa Satani n’umu-freemason, gufungwa…
•
Hakainde Hichilema yavutse ku itariki 04 Kamena 1962, ni umunyemari wo muri Zambia, umunyapolitiki , Umukirisitu wo mu itorero ry’Abadivantisti b’Umunsi wa karindwi n’ubwo hari abamwise umukozi wa Satani,ndetse akaba Perezida mushya watowe wa Zambia, nyuma yo guhatanira uyu mwanya kuva mu 2006, 2008, 2011, 2015 na 2016 akaba yatsinze aya 2021. .…
Ingaruka mbi zikomeye cyane ushobora kuba utari uzi ziterwa no kumara igihe kinini Bluetooth ya Telefone yawe ifunguye
•
Akenshi usanga twibanda ku gushyira imfunguzo zikaze (screen lock & app lock) muri telefone zacu ndetse tukanaharanira guhora telefone zigaragara neza umunsi kuwundi. . Ibyago biterwa na kumara igihe kinini bluetooth ya telefoni ifunguye . Bluetooth igira ingaruka mbi ku bwonko no ku myanya myibarukiro Nyamara ibi usanga tubikora ariko tugasiga ibindi…
Ibimenyetso 7 bigaragaza ko urukundo urimo rudafatika ndetse rutazaramba
•
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru ntakindi rukumarira usibye kukubabaza no kugutakariza igihe. . Urukundo rujegajega . Ibiranga Urukundo rudafashe kandi rutazaramba . Ibimenyetso byakwereka ako urukundo rwanyu ntaho ruzagera…
Uncle Austin yavuze ‘bwa mbere’ uko uwari umukunzi we yamushinje kumwanduza SIDA bajyana kwipimisha agahakana ibisubizo bahawe na muganga
•
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Luwano Tosh [Uncle Austin] umaze imyaka irenga 15 akomatanya iyi mirimo yombi, yavuze ‘bwa mbere’ uko yabayeho iminsi itari mike ahanganye no kumvisha uwari umukunzi we Mwiza Joannah ko ibyo yumvise by’uko yamwanduje SIDA atari ukuri. . Uncle Austin yashinjwe kwanduza SIDA umukunzi we . Inkomoko y’indirimo Dupfa iki ya…
PSG: Kugura Lionel Messi bigiye gushyira iherezo kuri Kylian Mbappe
•
PSG iherutse gusaba Mbappe ko yasinya amasezerano y’imyaka 6 ndetse agahabwa umushahara ungana n’uwa Neymar abitera utwatsi akomeza kwicecekera. Gusa kuri ubu bishobora gutizwa umurindi no kuba Messi yaraje muri iyi kipe bakaba banyurana. . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza muri Real Madrid . Mbappe ashobora kuba igitamo nyuma y’uko PSG iguze Lionel Messi…