-
Sobanukirwa imico y’abantu ugendeye kuri group y’amaraso yabo
•
Ni kenshi bivugwa ko abantu bahuje group z’amaraso baba banahuje imico ni ukuvuga ibyo bakunda, ibyo banga, ibibashimisha n’ibindi binyuranye. Gusa tubanze tuvuge ko iyi ari theory, yatangiriye mu buyapani, ariko ubu yamaze gukwira ahantu hose. Bivuze rero ko utahamya 100% ko ibivugwa uzabibona ku bantu bose. Ariko nanone ntitwabura kuvugako n’ibindi…
-
Zimbabwe irarebana ay’ingwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika bipfa inkingo za Covid-19
•
Umwuka si mwiza hagati ya Guverinoma ya Zimbabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bitewe n’inkingo z’icyorezo cya Covid-19. Ibibazo hagati y’ibihugu byombi byatutumbye ubwo Ambasade ya USA yashakaga guha ishyaka MDC Alliance ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe inkingo 500,000 za Johnson & Johnson kugira ngo ritangire gahunda yo gukingira abaturage. Ni mu…
-
Birababaje: Umugore yishe abana be 2 kugirango abashe kubana n’umugabo bahuriye kuri facebook
•
Umugore witwa Ngum Hilda w’imyaka 26 ukomoka mu gihugu cya Cameroon yakoze amahano yica abana be 2 yibyariye kugira ngo abashe gushyingiranwa n’umugabo bahuriye ku rubuga rwa Facebook. Uyu mugore yakundanye n’uyu mugabo bahuriye kuri Facebook hanyuma amwemerera ko azamurongora niba adafite abana. Iyi nkuru ihuje neza na filimi yo muri Nigeria…
-
Gicumbi: Padiri yatunguranye arambika ikanzu hasi asezera ubupadiri ngo ajye kwishakira umugore
•
Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite. Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba, Nzakamwita Servilien, ku wa 18 Nyakanga 2021, wari umushinzwe kuva mu 2008. Nyir’ukuyandika bigaragara ko ashobora…
-
Ifoto ya Sylvester Stallone uzwi nka “Rambo” n’abakobwa be yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga
•
Umukinnyi wa Filimi Slyvester Stallone wamenyekanye muri filimi nka Rocky,Rambo na The Expendables,yashyize hanze ifoto ari kumwe n’abakobwa be 3 yatumye benshi bacika ururondogoro. Uyu mukinnyi uzwi cyane muri filimi z’intambara,ntabwo akunze gushyira hanze amafoto y’umuryango we ariko kuri iyi nshuro yashyize hanze iyo ari kumwe n’abakobwa be 3 b’uburanga. Stallone w’imyaka…
-
Yakinnye iminota 90 atarakoza ku mupira. Reba uduhigo dutangaje ku bakinnyi n’amakipe y’ibigugu mu mupira w’amaguru
•
Thomas Langu Sweswe,ni umunya Zimbabwe wakinnye nka myugariro mu makipe nka Manning Rangers, Kaizer Chiefs, Bidvest Wits na Black Leopards zo muri Afurika y’Epfo. Uyu mugabo yanakiniye Highlanders, Dynamos na ZPC Kariba zo muri Zimbabwe, mbere yo gusezera ku mupira w’amaguru muri 2017 ubwo yari afite imyaka 35 y’amavuko. Uyu Sweswe azwiho kuba yarakinnye…