-
“Nubaha imva kurusha imodoka yawe. Ntukabone iby’isi ngo uyagare mwana wanjye” – Abdul avuga ku modoka umuhungu we Diamond aheruka kugura
•
Ni nyuma y’aho Diamond Platnumz aguze imodoka y’agatangaza igendamo bake muri Afurika, Mzee Abdul wihakanywe na Diamond ko atari we Se, yatangaje ko adashishikajwe n’iby’isi umuhungu we yaguze kuko nta gaciro bifite mu maso ye bityo ko Diamond atagakwiriye kumera amababa ku by’isi. Diamond, akigeza imodoka ye nshya Rolls Royce Cullinan muri Tanzania,…
-
Inkomoko n’akamaro byo kwayura n’igihe kwayura biba ari ikibazo ugomba kubaza muganga
•
Buri wese mu buzima bwe yaba umwana muto cyangwa umusaza n’umukecuru ntawe utayura. Kwayura ni igikorwa ahanini cyizana, nta ruhare ubigizemo ndetse akenshi birakongera kuko akenshi iyo ukuri iruhande yayuye nawe uhita wayura. Kandi usanga ahanini bigendana no kwinanura. Nubwo byizana ariko, biba ari ikimenyetso cy’impinduka runaka mu buzima, ndetse binagirira umubiri akamaro.…
-
Watermelon urubuto rufasha mu kurinda uburemba rukanongera ububobere
•
Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza. Mu ndimi zo mu bihugu bidukikije bayita tikiti cyangwa tikitimaji. Uru rubuto rumeze nkaho nta cyanga rugira, uba wumva ari nk’amazi arimo agasukari gacye. Ni urubuto rwuzuye umutobe, rworohereye, rurimo…
-
Miss Muyango yibasiwe n’abafana nyuma yo guhishura ko yitegura kwibaruka nyamara nta bukwe yakoze
•
Nyuma y’uko hayasakaye amafoto ya Miss Muyango atwite inda ya Kimenyi Yves nkuru iri hafi kuvuka ntabwo byakiriwe neza ndetse hari na bamwe bamwoherereje ubutumwa bamutuka bavuga ko umuntu nka Nyampinga atakabyaye ikinyendaro, batanze gasopo kubakomeje kubibasira cyane bahamya ko bakundana cyane . Inkuru y’uko Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba rya Nyampinga uberwa…
-
Umunyezamu wa Argentina, Emiliano Martinez, yavuze ko yakwemera agapfa ku bwa Lionel Messi
•
Umunyezamu wa Argentina,Emiliano Martinez,yavuze ko kubera urukundo akunda kapiteni we Lionel Messi ndetse ko yakwemera gupfa ariko uyu mukinnyi uri mu ba mbere mu mateka ya ruhago agatsinda. Umunyezamu Emiliano Martinez,urindira ikipe ya Aston Villa yavuze ko gutwara Copa America 2021 byamushimishije cyane kuko yahoraga afite inzozi zo gukinana na Lionel Messi ndetse…
-
Ifoto y’umunsi : Kenny Sol na Ariel Wayz mu rukundo mbere ya Juno Kizigenza
•
Unkuru y’urukundo rwa Juno Kizigenza Ariel Wayz rwasakaye cyane ku mbugankoranyambaga nyuma y’uko basoye indirimbo “ AWAY”. Umuhanzi kazi Ariel Wayz ari mu bahanzi bavuzwe cyane mu minsi ishize batagiye bavugwa cyane mu nkundo, nyamara amakuru ahari ni uko mbere ya Juno Kizigenza bavugwa gukundana kuri ubu, yanakundanye na Kenny Sol. Inkuru…