-
Capucine ni ururabo rwiza ariko ikaba n’umuti w’indwara nyinshi zikunze kwibasira abantu cyane. Menya indwara ivura n’uko wayikoresha
•
Tujya tuyibona cyangwa natwe tukayitera mu busitani. Nyamara capucine (soma kapusine) ifitiye umumaro ubuzima bwacu. Uyu ni umwe mu miti gakondo ikoreshwa kuva kera cyane kubera akamaro kayo mu kuvura indwara zinyuranye cyane cyane izo mu myanya y’ubuhumekero. Akamaro ku buzima Capucine ikungahaye kuri byinshi: ifite muri yo imyunyungugu itandukanye nka potassium na…
-
Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze muri 2021
•
Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 z’Amanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 z’Amadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rw’imodoka 15 zihenze dukesha Luxe Digital, ari Bugatti La Voiture Noire igura miliyari zisaga 18 z’Amanyarwanda, ku…
-
RIB yataye muri yombi umuyobozi ushinzwe imyubakire mu mugi wa Kigali
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali. Nk’uko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi wa RIB,…
-
Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wanduye ubwoko bushya bwa covid-19 yiswe Delta
•
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyashyize hanze ibimenyetso bishobora kwereka umuntu ko yanduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa Delta. RBC ivuga ko ibyo bimenyetso ari: Gucibwamo ▪︎Isesemi no kuruka ▪︎Kubabara imikaya ▪︎Kubabara cyane umutwe ▪︎Gucika intege ▪︎Ibicurane ▪︎Kumagara mu muhogo RBC igira inama uwo ari we wese ubonye ibi ibimenyetso kwihutira kujya kwa…
-
Nyagatare: Umunyamakuru wa Flash FM yakubiswe na mudugudu n’insoresore ze ajya ku bitaro nyamara yari amwitabaje ngo amurenganure
•
Umunyamakuru wa Radiyo Flash FM, Charles Ntirenyanya, aravuga ko yakubiswe n’Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo mu Murenge wa Karangazi. Ntirenganya avuga ko yakubiswe na Mudugudu Sam, mu gatuza, nk’uko yatangarije BWIZA dukesha iyi nkuru avuga ko yakubiswe ahagana saa kumi zishyira saa kumi n’imwe zo kuri iki Cyumweru tariki 18 Nyakanga ubwo…
-
RDC: Umushinga w’itegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023 urakataje ariko utuma hatutumba umwuka mubi hagati y’uyu mugabo n’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi
•
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati y’abashyigikiye Katumbi n’abashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma y’umushinga w’itegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolité ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida n’indi mirimo ya leta, abantu badafite ba se na ba nyina b’Abanyekongo. Ni umushinga wamaganwa cyane cyane n’ishyaka rya…