-
Abapfumu batumye umugabo yivugana umugore we bari bamaranye amezi 3 gusa amuteye icyuma
•
Umugabo witwa Nnanna Emeka ukomoka muri Nigeria aherutse kwica umugore we bari bamaze amezi 3 bakoze ubukwe kugira ngo amutambemo igitambo ku bapfumu. Uyu mugabo ukomoka ahitwa Ugbele Mgbidi muri leta ya Imo,yishe uyu mugore taliki ya 3 z’uku kwezi nyuma y’amezi make gusa basezeranye kubana akaramata. Umwe mu baturanyi b’uyu muryango…
-
Mike Karangwa na Aimable bavuze akari imurori ku kibazo cya M. Irene na Vestine & Dorcas banasobanura ubugambanyi bavuzweho na M. Irene
•
Ahagana saa mbiri z’ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 11 Nyakanga 2021, Mike Karangwa yahuriye mu kiganiro na Nzizera Aimable bari gufatanya gutegura ibitaramo bya ‘Rwanda Gospel Stars Live’ bihurije hamwe abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, basobanura ibyo bashinjwe na M. Irene. . Mike Karangwa na Aimable bavuga ko bagiriye…
-
Ibyo Perezida Nyusi yavuze ku ngabo z’u Rwanda zasesekaye muri Mozambique
•
Perezda wa Mozambike Filipe Nyusi yahaye ikaze ingabo z’u Rwanda na Polisi bamaze kugera mu gihugu ndetse bagahita bajya mu birindiro aho bagiye guhangana n’inyeshyamba zishamikiye ku mutwe w’iterabwoba wa Al Shabab zayogoje intara ya Cabo Delgado. . Perezida Nyusi yavuze ku ngabo z’u Rwanda zoherejwe mu gihugu cye . Abasirikare n’abapolisi 1000…
-
Abataliyani bababarije Abongereza mu rugo begukana EURO 2020. Uko umukino wari wifashe – amafoto
•
Ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani izwiho kutajenjeka iyo bigeze ku mukino wa nyuma wabereye I Wembley,yatsinze Ubwongereza kuri penaliti 3-2 nyuma y’aho iminota 120 yarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. . Ubutariyani bwegukanye EURO2021 busezereye Ubwongereza . Abatariyani begukanye Euro2021 kuri Penality 3-2 z’Abongereza Ubutaliyani bwtahabwaga amahirwe mbere y’iri rushanwa, bwakoze akazi gakomeye buhangana n’Ubwongereza…
-
Nyuma ya bombori bombori hagati ya Irene na n’itsinda Vestine na Dorcas ubu ibintu byasubiye mu buryo. Bongeye kunga ubumwe
•
Umunyamakuru akaba na Nyiri lebel izamura abanyempano, Mulindahabi Irene,yamaze gusubirana n’abahanzi be yazamuye aribo Vestine&Dorcas nyuma y’iminsi mike atangaje ko batandukanye kubera impamvu zitandukanye zirimo kutumvikana ku muyoboro wa You Tube w’aba bahanzikazi. . M. Irene Entertainment yasubiranye Vestine na Dorcas baherukaga gutandukana . Irene yabashije kumvikana n’umubyeyi wa Vestine na Dorcas …
-
Lionel Messi yiyunze n’abanya Argentina yegukana Copa America 2021 – AMAFOTO
•
Nyuma y’ imyaka 15 ashaka igikombe ari kumwe n’ikipe y’igihugu cye Argentina,Lionel Messi na bagenzi be begukanye igikombe cya Copa America 2021 batsindiye Brazil ku mukino wa nyuma igitego 1-0. Nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma inshuro 5 ziheruka ntatware igikombe cya Copa America,Lionel Messi yacyegukanye nka kapiteni wa Argentina batsindiye Brazil…