Abajyanama 8 ba Perezida Evariste Ndayishimiye bahagaritswe ku kazi
•
Abajyanama umunani b’umukuru w’igihugu cy’u Burundi barimo Willy Nyamitwe, Jean-Claude Karerwa Ndanzako n’abandi, guhera kuwa Mbere bari mu bihano byo kuba bahagaritswe ku mirimo yabo kubera imyitwarire irimo gusiba akazi nta ruhushya basabye. Byagaragaye kuwa gatanu ushize ubwo ushinzwe gutunganya imirimo mu biro by’umukuru w’igihugu, Gabriel Nizigama, yazengurukaga mu biro byose biri ku ngoro…
Yahagaritse kunywa amazi no kurya inyama nyuma yo gufungwa arengana mu myaka 20 ishize nk’uko abivuga
•
Umugabo wo mu Burundi uzwi ku kazina ka Karitoni avuga ko kuva yafungwa mubyo we yitwa akarengane, ntaranywa amazi kandi yumva ameze neza. Uyu mugabo kuri ubu wahindutse umurasita nyuma yo gufungurwa, avuga ko yarenganyijwe ndetse n’igihe bigaragariye ko yarenganye, yatswe ruswa ngo afungurwe, we arabyanga. Mu mashusho kuri imwe muri Shene ya…
Umwarimu yateye inda abana 3 yigishaga mu ishuri rimwe
•
Mu gihugu cya Ghana haravugwa inkuru y’umwarimu wakoze amahano atera inda abakobwa 3 yigisha mu ishuri rimwe ndetse ngo uyu mwarimu yamaze kugezwa mu butabera kugira ngo aryozwe ibyo yakoreye aba bakobwa bakiri bato. Dr Kyeremeh yahishuriye ibi mu kigo kigira inama abana ndetse kikanabereka icyerekezo giherereye muri Ghana Education Service I Kwadaso…
Afghanistan: Bemeye guparamira indege nka Comando muri Filimi kugirango bahunge Abatalibani gusa yageze mu kirere barahanuka – AMAFOTO
•
Abanya Afghanistan bakomeje gushaka uburyo bwose butuma bahunga igihugu nyuma y’aho Abatalibani bagifashe mu minsi ishize bikavugwa ko banatangiye kwica abantu bamwe na bamwe. Mu mashusho ateye ubwoba yakwirakwijwe hose,yagaragagaje abantu benshi cyane bari ku kibuga cy’I Kabul hanyuma indege y’ingabo ya USA ihagurutse bayitendekaho kugeza igeze mu kirere bamwe batangira guhanuka. …
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
•
Nyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali. Abashinzwe ubuzima mu Rwanda batangaje ko impano ya Amerika byitezwe ko igera i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu. Ku gicamunsi kuwa…
Siberia: Umwobo uzwi nk’irembo ry’ikuzimu ukomeje kwaguka. Ibiteye inkeke n’icyo abahanga babivugaho
•
Uyu mwobo wiswe Batagaika cyangwa Megaslump uzwi mu gace uherereyemo nk’irembo ry’ikuzimu giherereye mu ishyamba rya Siberia ishyamba kimeza rimaze imyaka n’imyaka ryo mu gihugu cy’Uburusiya. Icyi cyobo bivugwa ko kimaze kugira ubugari bungana na Km 1 kandi ko kidahwema kwiyongera umunsi ku munsi ndetse mu myaka miki ishize kikaba cyariyongereye cyane aho…