Leta y’u Rwanda yongeye kwigomwa amahooro y’ibikomoka kuri peterori kugirango ibiciro bitongera gutumbagira
•
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), rwatangaje ko n’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kwiyongera ku isoko mpuzamahanga, Leta yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Kanama na Nzeri 2021 biguma uko byari bisanzwe. . Leta yemeye guhara amahooro y’ibikomoka kuri peteroli kugira ngo ibiciro bitazamuka . Leta yafashe…
Perezida Kagame ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 bafite uburinzi buhambaye muri Afurika – AMAFOTO
•
Mu bihugu byinshi ku isi, abaperezida batorwa n’abaturage kandi kugira ngo aba Perezida basohoze inshingano zabo neza, bahabwa uburinzi buhambaye. Ku mugabane wa Afurika, abaperezida b’ibihugu byose bya Afurika nabo bahabwa uburinzi buhambaye kugira ngo imirimo ikorwe neza. Nubwo bimeze bityo ariko, abaperezida bamwe bo muri Afrika bafite uburinzi burenze ubw’abandi ubigereranyije nk’aba 10…
Aba ni bo basirikare 5 bahawe ipeti rya General Full(ipeti riruta ayandi) kuva u Rwanda rwabona ubwigenge kugeza ubu
•
Iteka rya Perezida Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020 rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rishyira ipeti rya General (Full) mu kiciro cy’amapeti y’Abofisiye Jenerali (General Officers), rikaruta ayandi yose aba mu ngabo z’u Rwanda. . Aba General Full babayeho mu Rwanda nyuma y’ubwigenge . Kuva u Rwanda rwabona ubwigenge rwabonye…
Perezida Kagame yababajwe cyane no gutsindwa uruhenu kwa Arsenal mu mukino wa mbere wa Shampiyona ayigenera ubutumwa bukomeye
•
Mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona wabimburiye iyindi,ikipe ya Arsenal iri ku rwego rwo hasi cyane yatsinzwe na Brentford ibitego 2-0 imbere y’abafana bari bagarutse kuri Stade nyuma y’igihe Covid-19 yaratumye stade zifungwa. . Perezida Kagame yageneye ubutumwa ikipe ya Arsenal nyuma yo gutsindwa na Brentford. . Gutsindwa kwa Arsenal kwababaje benshi…
Ubuki buvura indwara nyinshi kandi zitandukanye bukanongera akanyabugabo ku bubaka urugo. Dore uko bukoreshwa n’ibyo ugomba kwitondera
•
Ubuki kuva kera bwagiye bukoreshwa mu kuvura indwara zitandukanye. Hano tugiye kureba zimwe mu ndwara zivurwa na bwo cg zirindwa na bwo. . Akamaro k’ubuki mu kuvura no kurinda indwara . Ubuki buvura indwara nk’inkorora, ikirungurira, ibikomere byo mu gifu, Ubugendakanwa.. . Ubuki bwongera akanyabugabo bukanafasha umugabo gutinda igihe yubaka urugo . Ubuki…
Dore bimwe mu biranga telefoni yinjiriwe n’ibisambo n’icyo wakora ngo ubihagarike
•
Abantu bakoresha telefoni zigezweho bakomeje guhura n’ibibazo bitandukanye by’umwihariko bituruka kuri iyi si yabaye nk’umudugudu. Hanze aha hari abantu babigize umwuga rwose bakomeje kwinjirira telefoni z’abantu bakabiba. Aba ba ‘Hackers’ bakora ibi kubera ko bazi neza ko abantu basigaye bakoresha telefoni zabo muri buri kimwe. . Ibimenyetso biranga telefone yatewe n’ibisambo . Telefoni…