Hari gukorwa indege z’indwanyi z’igisekuru cya 6 zizaba zimeze nk’iz’ibivejuru – Amafoto
•
Indege z’indwanyi z’igisekuru cya gatandatu ibihugu bitandukanye byatangiye imishinga yazo ni icyiciro cy’indege z’intambara zizaba ziteye imbere kurusha iz’igisekuru cya gatanu ziriho ubu. . Indege z’indwanyi ziteye imbere kurusha izinda ku isi . Indege z’igisekuru cya 6 . Indege z’indwanyi za Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) . Indege z’indwanyi z’Uburusiya(USA) . Indege z’indwanyi z’Ubushinwa…
Rusizi: Umubyeyi yagiye gutabara umwana we wari urohamye mu mugezi nawe agwamo arapfa
•
Mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Nyamasheke haravugwa inkuru ibabaje cyane y’urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 14 y’amavuko witwaga Niyogushimwa Jean Claude wigaga mu wa 5 w’amashuri abanza ku ishuri ribanza rya Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, na se witwaga Niyibizi Vincent w’imyaka 56, bombi barohamye mu mugezi…
Kumenya ibi ni ingenzi: Ibintu 8 abasore n’abagabo b’iki gihe bakunda ku bakobwa n’abagore
•
Muri kamere yabo burya, ngo abagabo bakunda kureba no kwitegereza abagore. Igituma umugore cyangwa se umukobwa akurura umugabo ngo biterwa ahanini n’ibyo uwo mugabo akunda. Muri rusange, ngo n’ubwo abagabo bakunda ibintu bitandukanye ariko burya ngo hari ibintu by’umwihariko ku bagore bibakurura cyane kurusha ibindi. Usanga abenshi mu bagabo bakururwa cyane n’imiterere y’umubiri,…
Rutahizamu Babuwa Samson yamaze kwerekeza muri Angola mu ikipe izakina CAF confederation Cup
•
Rutahizamu w’umunya-Nigeria Babuwa Samson, yamaze kwerekeza mu kipe ya Bravos do Maquis yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Angola. Babuwa yabwiye BWIZA dukesha iyi nkuru ko yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iriya kipe ibarizwa mu gace ka Luena ho mu ntara ya Moxeco. Amakuru avuga ko Babuwa ari we wifuje ko we…
Vestine yahishuye uko umuvugabutumwa yamufashe ku ngufu akamugira umugore wa 4, akajya amusambanya ku gahato… UBUHAMYA
•
Mu buhamya bukomeye Cyakwera Vestine yatanze, yahishuye uko yafashwe ku ngufu n’umuvugabutumwa akamugira umugore wa 4 akajya amukingirana akamusambya ku gahato buri gihe bakabyarana abana 4. Ubu baratandukanye. Atangira ubuhamya bwe mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV yavuze ko yari “mu kirokore”. Ati: “Ukuntu byagenze nari mu kirokore abantu banyumve neza hari igihe…
Abasore: Dore abakobwa 6 udakwiriye gutekereza gushakana nabo mu buzima bwawe niba wifuza urugo rwiza
•
Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. 1. Umukobwa utekereza ko afite amafaranga / Ari umukire Umukobwa utekereza ko afite amafaranga aragorana…