Urupfu rwa Nadine Bukuru wishwe abanje gufungwa nyuma yo kubyara umwana utagejeje igihe rwashenguye imitima ya benshi
•
Umujyi wa Gitega wakanguwe n’inkuru ibabaje y’umugore witwa Nadine Bukuru, uherutse kubyara inda itagejeje igihe ku bitaro bikuru bya Gitega, akaba yaraburiwe irengero nyuma yo kubyara, hanyuma umurambo we uza gusangwa mu mugezi wa Ruvyironza, mu murenge wa Giheta mu gihugu cy’u Burundi. Ku wa Kane tariki 17 Mata 2025, ahagana saa tatu n’igice…
Coatch Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki. Kuki abagerageje gushora mu muziki nyarwanda bose bababwa?
•
Nyuma y’imyaka itarenga itanu ari mu muziki, Coach Gael yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko agiye guhagarika gushyira amafaranga ye mu bikorwa bifasha abandi ariko ntibimwungukire. Uyu mugabo yabitangarije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ko yicuza cyane kuba yaragiye yitanga afasha abandi, yibagirwa ubwe kandi nta nyungu abivanyemo. Yagize ati: “Nakoresheje amafaranga menshi, nafashije abantu…
Amerika iravugwa mu rupfu Papa Francis. Urupfu rudasobanutse kandi rutunguranye rukomeje kuvugisha benshi
•
Ku wa 20 Mata 2025, isi yakangutse igwa mu kantu: Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yari amaze kwitaba Imana afite imyaka 88. Ibi byabaye hashize iminsi mike asohowe mu bitaro aho yari amazemo ibyumweru bitanu yivuriza indwara y’ubuhumekero ikomeye yaje kugera kuri double pneumonia. Kuri Pasika, ku munsi w’ineza…
Umugabo usanzwe ukora amasuku yatoraguye arenga miliyoni 100 Frw mu kimoteri arayasubiza, bamuha igihembo cyatumye benshi bamwibasira
•
Mu mujyi muto wa Bela Bela, uzwiho kuba icyanya cy’ubukerarugendo n’imvura nyinshi y’ubushyuhe bwo hagati, hari inkuru ivugwa ku buryo butasanzwe. Si inkuru y’amasezerano ya politiki cyangwa impanuka y’imodoka nk’uko abantu baba bayitegereje kuri radio, ahubwo ni inkuru y’umuntu umwe, igikorwa kimwe, ariko cyateje impaka nyinshi kurusha izindi mu minsi yashize muri Afurika…
Abasirikare b’u Burundi barimo Abakomando mu ngabo zidasanzwe bishwe ku bwinshi na Twirwaneho muri Operasiyo karahabutaka.
•
Mu cyumweru gishize, Teritwari ya Fizi yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yongeye kuba isibaniro rikomeye ry’imirwano hagati ya Twirwaneho n’ingabo z’u Burundi ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba no mu nzego z’umutekano yemeza ko abasirikare benshi b’u Burundi baguye muri…
Joseph Kabila mu mazi abira nyuma yo kugera i Goma
•
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gutangira gukurikirana mu nkiko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu, nyuma yo kumushinja ubugambanyi bwo mu rwego rwo hejuru. Kinshasa yatangaje iyi gahunda nyuma y’amasaha make Kabila avuye muri Zimbabwe aho yari yarahungiye, akajya mu mujyi wa Goma kuri ubu uri mu…