Inkuru ibaye impamo. Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC yasesekaye i Goma nk’uko aherutse kubitangaza. Ese ibi bisobanuye iki ku rugamba M23 irimo kurwana?
•
Joseph Kabila wahoze ayobora RDC, yageze mu Mujyi wa Goma nyuma y’iminsi mike atangaje ko agiye gutaha anyuze mu Burasirazuba bw’igihugu. Amakuru avuga ko Kabila wari umaze iminsi aba muri Afurika y’Epfo yageze i Goma ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu. Ni amakuru bamwe mu bantu bo muri AFC/M23 bahaye itangazamakuru, bavuga ko…
Perezida Tshisekedi yasinyanye amasezerano n’abacancuro bashya
•
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yasinyanye amasezerano akomeye n’umucancuro w’Umunyamerika Erik Dean Prince, ashingiye ku kohereza abacancuro b’inzobere kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro ndetse no kugenzura imisoro yinjira n’isohoka mu gihugu. Amakuru yemejwe n’ibiro ntaramakuru bya Reuters, avuga ko uyu mwanzuro wafashwe mu ibanga rikomeye mu kwezi kwa Mutarama 2025,…
Bamwe mu barwanyi ba FDLR baravugwa mu bashinzwe umutekano wa Perezida Ndayishimiye. Icyo Amerika ivuga kuri FDLR
•
Mu gihe ibihugu byinshi bikomeje kuvuga ururimi rumwe ku kibazo cy’umutwe wa FDLR, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko uwo mutwe w’iterabwoba ugomba gusenywa burundu. Ibi byatangajwe mu gihe amakuru akomeje gutangazwa n’abaturage n’abasesenguzi bo mu karere, agaragaza ko bamwe mu barwanyi ba FDLR bamaze amezi bari mu Burundi, aho bamwe bavugwaho…
Rayon Sports yateguje gusezera mu gikombe cy’Amahoro burundu mu gihe FERWAFA yaba itubahirije ibyo isaba ku mukino na Mukura VS utararangiye
•
Ikipe ya Rayon Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ibamenyesha ko itazakomeza irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2024-2025 mu gihe hatubahirizwa amategeko agenga amarushanwa, cyane cyane ku bijyanye n’imikino y’ijonjora rya ½ yahuje iyi kipe na Mukura Victory Sports FC ku wa Kabiri, tariki ya 15 Mata 2025. Mu ibaruwa ndende yandikiwe FERWAFA kuri…
Biravugwa: Mu byo Uwari Meya wa Nyanza, Ntazinda yazize harimo inshoreke
•
Ntazinda Erasme wari Meya wa Nyanza muri manda ye ya Kabiri yahagaritswe n’inama njyanama y’aka karere ndetse ahita atabwa muri yombi na RIB kuri uyu wa Gatatu taliki ya 16 Mata 2025 aho uhagarariye njyanama yavuze ko mu byo yazize harimo imyitwarire mibi. Ntazinda bivugwa ko yari amaze iminsi myinshi afitanye umubano wihariye n’umugore…
Tshiseked na Min. Kayikwamba mu gahinda kubera ibyo u Rwanda rukoze
•
Nyuma y’uko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Kayikwamba Wagner azengurutse amakipe ya Paris Saint Germain na Bayern ayabuza gukorana n’u Rwanda cyane cyane muri gahunda ya Visit Rwanda, ikipe ya PSG yamaze kongera amasezerano y’iyi gahunda kugeza mu mwaka wa 2028. Uko kwongera amasezerano kw’ikipe ya PSG na RDB byababaje cyane Perezida Tshisekedi ndetse…