Abakobwa: Ntuzibeshye ngo wandikire umusore mukundana rimwe muri aya magambo
•
Ni ngombwa ko abakobwa bamenya amagambo bakoresha bandikira ubutumwa bugufi abakunzi babo ndetse bakanamenya nayo bagomba kwirinda kugira ngo batangiza urukundo rwabo. Ni ingenzi ku mukobwa kumenya icyo ukwiye kuvuga n’igihe cyo kukivugira mu gihe wandikiye umukunzi wawe ubutumwa kuri telefone no ku mbuga nkoranyambaga kuko hari icyo ushobora kubwira umukunzi wawe kikamurakazandetse ukaba…
Abasore: Ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa mukundana akuryarya
•
Urukundo ruba rwiza hagati ya babiri iyo bakundana by’ukuri ndetse bizerana kandi batabeshyanya,gusa biba bibi iyo hari umwe mu bakundana ubeshya mugenzi we,ntamubwize ukuri, iyo bimeze gutyo, biba birutwa no kutajya mu rukundo. Nubwo bimeze gutyo ariko hari bamwe batazi uko watahura umuntu ukubeshya ko agukunda kandi akuryarya. Muri iyi nkuru rero tugiye kuvuga…
Abasore: Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa mukundana yifitiye undi musore wamutwaye umutima
•
Inshuro nyinshi abakobwa baca inyuma abakunzi babo ariko nyuma bakabifata, ndetse bakitwara nkaho nta kintu cyabayeho. Nk’umuhungu rero ugomba kureba neza ukitegereza imyitwarire y’umukobwa mukundana, cyane cyane iyo utangiye kubona urukundo rwanyu rwajemo agatotsi. Ni kuri izo mpamvu wagatangiye kwitegereza niba bimwe muri ibi bimenyetso byagaragara ku mukunzi wawe: 1. Iyo umuhamagaye agatinda kukwitaba.…
Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite – Imitoma 10 buri mukobwa wese aba yifuza kubwirwa n’umukunzi we
•
Mugabo nawe musore ukeneye kubwira umugore cyangwa umukobwa mukundana amagambo meza kugirango ajye ahora akwiyumvamo ndetse ntazakurambirwe. Dore amwe mu magambo abagore n’abakobwa bakunda ko wababwira. 1. Uri mwiza 2. Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite 3. I’m sorry (mbabarira cyangwa se unyihanganira) 4. Nukuri ntawagusimbura mu mutima wange 5. Ndugukumbuye ( I miss you)…
Dore ibintu 5 biranga urukundo nyarwo buri muntu uri mu rukundo akwiye kumenya
•
Urukundo rw’ukuri rurigaragaza kuko, nirwo rukundo ruhesha amahoro menshi abarurimo.Ese ni iki ukwiriye kurumenyaho ? 1. Urukundo ni ugusangira ntabwo ari ibihe byiza gusa cyangwa ibihe bibi gusa. Nk’uko byemejwe n’inzobere mu rukundo, kuba uri mu rukundo rw’ukuri uzabyerekwa nuko wakiira.Mu rurimi rw’Icyongereza , Urukundo ni Verb ( Inshinga) aho kuba Noun ( Izina).…
Dore ibintu 12 abantu bafata nk’ibisanzwe kandi byangiza urukundo buhoro buhoro kugeza ruzimye burundu
•
Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. Niba ufite imwe muri iyi myitwarire, umenye ko ufite umwanzi uzirana n’urukundo ndetse uzarurimbura buke buke kugeza rurangiye ukabura umukunzi wari warahariye ubuzima bwawe. 1.Kudafuhira umukunzi wawe Mu rukundo uba ugomba…