Rwanda: BNR yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW
•
Mu minsi mike mu Rwanda, haratangira kugaragara inoti nshya za 5000frw na 2000Frw zizaba zifite ibirango bitari ibyari bisanzwe kuri izo note. Bimwe mu bizaba biranga inoti nshya ya 5000Frw harimo inyubako ya Kigali Convention Center, mu gihe mu bizaba biranga inoti nshya ya 2000Frw, harimo igishushanyo kigaragara imwe mu misozi myiza itatse U…
Hagaragayemo amarozi – Ibitaravuzwe ku mukino APR FC yasezereyemo Azam FC
•
Inkuru y’intsinzi APR FC yakuye ku ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania ni imwe mu zikomeje kugarukwaho n’abakurikira siporo by’umwihariko abakunzi b’iyi kipe. Uretse imigendekere nyirizina, Ikindi benshi bakomeje kugarukaho ni imyitwarire yaranze iyi kipe ya AZAM FC, bamwe bagereranyije no kwikanga amarozi. Amakuru IGIHE yaboneye gihamya, ni uko ubwo amakipe yombi yajyaga…
Zari yahishuye ikintu gitangaje agiye gukorera umugabo we Shakib wamwise umukecuru
•
Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The Boss Lady, yabwiye umugabo we baheruka kugirana ibibazo Shakib Cham ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Bibaye nyuma y’iminsi ibiri bombi bashyize ahagaragara iby’isenyuka ry’urugo rwabo, byatangiye ubwo Diamond Platnumz yajyaga mu isabukuru y’umukobwa we yabyaranye na Zari…
Sandrine Isheja wari umunyamakuru kuri Kiss FM yagizwe umuyobozi ukomeye
•
Sandrine Isheja Butera wari usanzwe ari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yandikanye ashimwe ashimira Perezida Paul Kagame wamugiriye icyizere akamugira Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA. Inama y’Abaminisitiri yateranye bwa mbere nyuma y’Uko hashyizweho Guverinoma nshya, yafashe ibyemezo binyuranye ndetse inashyira mu myanya abayobozi banyuranye. Iyi nama yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki…
Riderman na Bull Dogg banditse amateka
•
Abaraperi Riderman na Bull Dogg bongeye guhesha ikuzo umuziki wa Hip Hop bakora igitaramo kizasigara mu mitwe ya benshi bitiriye album yabahuje bise “Icyumba cy’Amategeko”, cyabaye mu ijoro rya tariki 24 Kanama 2024 muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyari kiyobowe na MC Tino buri wese wacyitabiriye yakoze uko ashoboye aserukana umwambaro umufasha kujyanisha n’imyambarire…
CAF Champions League: APR FC yasezerereye Azam FC mu Mahoro. Uko umukino wagenze
•
APR FC yatsinze Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze ihita ikomeza mu ijonjora rikurikiyeho Uko umukino wagenze umunota ku munota; Umukino urangiye APR FC itsinze Azam FC ibitego 2-0,biba 2-1 muri rusange ihita ikomeza mu ijonjora rikurikiyeho 90+4′ Azam FC ikomeje gusatira ishaka igitego ,Nassor Hamoud ahinduye…