Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Impanuka ikomeye yahitanye umwana w’imyaka 15

    Mu  Mudugudu wa Ruyumba mu Kagari ka Kabashumba, Umurenge wa Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye yahitanye umuntu ndetse ikangiriza umuturage. Ahagana i Saa sita zamanywa kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, nibwo iyi mpanuka yabaye, yabereye hafi y’ibiro by’umurenge wa Nyamiyaga. Imodoka y’ivatiri yo mu bwoko bwa Toyota, yaturutse…

  • Kuki harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame? Sobanukirwa

    Kurasa imiziga ni igikorwa cyo gutanga icyubahiro gikunze gukorwa n’igisirikare mu gihe cyakira umuntu runaka cyangwa mu birori bikomeye. Ku wa 11 Kanama 2024, ubwo Perezida Paul Kagame yarahiriraga kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, igisirikare cy’u Rwanda cyarashe imiziga inshuro 21 mu kirere. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga,…

  • Ibintu byahinduye isura: Ukraine yafashe umwanzuro wo kwimurira intambara mu Burusiya

    Abasirikare ba Ukraine bateye intambwe bagera muri kilometero 30 imbere mu Burusiya, mu gitero cya mbere cyinjiye kure cyane mu Burusiya kandi gikomeye cyane kibayeho kuva Uburusiya bwatangira igitero gisesuye kuri Ukraine muri Gashyantare mu 2022. Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko abasirikare babwo barwanye n’abasirikare ba Ukraine hafi y’ibyaro bya Tolpino na Obshchy Kolodez,…

  • Rayon Sports yakiriye rutahizamu wakinnye i Burayi

    Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya ukomoka mu gihugu cya Cameroon, Aziz Bassane Koulagna wakinnye mu ikipe y’abatarengeje imyaka 19 ya FC Nante yo mu Bufaransa. Uyu rutahizamu yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe Saa yine z’ijoro zo kuri iki Cyumweru, yakirwa na bamwe mu bakozi ba Rayon Sports barimo n’Umunyamakuru wayo Uwizeyimana Sylvestre uzwi…

  • Apôtre Dr Paul Gitwaza yari yishwe azira ihabara

    Umushumba Mukuru w’Umuryango Authentic Word Ministries / Zion Temple Celebration Center, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yavuze ko hari uwashatse kumuvutsa ubuzima ariko Imana ikinga ukuboko. Ibi Apôtre Dr Paul Gitwaza,yabigarutseho ubwo kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, hasozwaga igiterane Africa Haguruka, cyabaga ku nshuro ya 25 ari nako iri torero ryizihiza imyaka…

  • Uko wanyaza umugore ahagaze ndetse n’ibyo ugomba kwitondera

    Igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye kiri mu ngingo zikomeye yewe umuntu yanavuga ko ari nshingirwaho mu kubaka neza umuryango, ariko iyo iki gikorwa gikozwe nabi cyangwa se abashakanye ntibakivugeho rumwe, nta kabuza nta munezero urubonekamo. Uyu munsi tugarutse ku ’Gutera akabariro ariko unyaza umugore’, ese iyo tuvuze kunyaza niko twese tubyumva ? bikorwa…