Umwana w’imyaka 13 yatawe muri yombi akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3
•
Ku mugoroba wo ku wa 03 Kanama 2024, ni bwo umwana w’imyaka 13 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gusambanya mugenzi we w’imyaka itatu. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu murenge wa Musasa mu Kagari ka Gisiza ho mu mudugudu wa Karambi, ahagana mu masaha ya saa…
Umugabo yishwe n’umugore we yari agiye gucyura nyuma yo kwahukanira ku muturanyi
•
Amakuru avuga ko ibi byabaye ku wa 30 Nyakanga 2024, bibera mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Cyerezo mu Mudugudu Kamabuye. Nyakwigendera yitwa Ndagijimana Jacques yari afite imyaka 25 y’amavuko, abakekwa kugira uruhare mu rupfu rwe ni abantu batatu barimo uriya mugore we witwa Byukusenge, uwitwa Icyimpaye Nyirahabimana na…
Ibyerekana ko umukobwa arimo gusaba umusore ko bakora imibona1no
•
Hafi ku isi yose bazi ko umukobwa cyangwa umugore adapfa gutinyuka gusaba umusore ko bakora imibonano ibi bigatuma hari na bamwe bahohoterwa kuko abagabo benshi bishyiramo ko niyo umukobwa yaba yahakanye ku munwa muri we aba yemeye. Nyamara hari ibimenyetso bishobora kwerekana ko umukobwa cyangwa umugore yifuza gukora iki gikorwa akaba ari byo Iwacumarket…
Ibintu 8 bitera bamwe mu bakobwa kumera ubwoya bwinshi
•
Hari igihe ubona abakobwa bafite ubwoya ku mubiri cyane cyane mu maso, ku nda no ku maguru. Ibi hari impamvu zitandukanye zishobora kubitera cyane cyane impamvu ya mbere ikaba ari imisemburo iba itari ku murongo nk’uko byagakwiye, ariko hari n’izindi mpamvu zishobora kubitera. Kuri bamwe bishobora kubatera ipfunwe mu bandi, ndetse ukaba ushobora no…
Ni iyihe mpamvu ituma umugore agira ubwoya kunda?
•
Ahari hari abo wigeze ubona urikanga cyangwa bigutera ubwoba, ariko muri iyi nkuru turagufasha gusobanukirwa n’impamvu nyamukuru itera abagore bamwe kugira ubwoya ku mukondo n’ahandi. Akenshi iyo umugore atwite, akunda kugira ubwoya ku mubiri we ariko bukaza ahantu atari abufite cyangwa aho utatekerezaga ko bwaza kandi bugakura vuba vuba. Iyo umudamu atwite rero agira…
Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye – Imitoma 12 watera umukunzi wawe
•
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi…