Abaturage bariye Karungu kubera urupfu rw’umukobwa w’imyaka 20 bivugwa ko yagaburiwe inyama z’injangwe
•
Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2024, ni bwo umukobwa witwa Musengamana wari mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Kagari ka Kirebe mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare yashyinguwe, ni nyuma yo kwitaba Imana ku wa Mbere, aho bivugwa ko yazize ibiryo birimo inyama z’ipusi yasangiye n’abavandimwe. Amakuru avuga ko ibi biryo…
Ese umugore ashobora kwikuramo intangangabo zamaze kumugeramo nyuma yo kuryamana n’umugabo? Sobanukirwa
•
Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n’abantu benshi cyane. Bamwe bati:”Ese niba umugabo aryamanye n’umugore , umugabo akarangiza atakoresheje agakingirizo , byashoboka ko izo ntanga zamaze kugenda zagarurwa nyuma?”. Ni ikibazo ariko muri iyi nkuru urabona igisubizo. Iki kibazo kigoye gutya cyarenze ibinyejana bose bacyibaza.Yego ! Birashobokako umugore n’umugabo bagiye gukora imibona1no mpuzabitsi1na babasha…
“Kuki yatwaye abagabo bacu bose agasiga amagweja n’ibimonyo ?” Amagambo Inkindi Aisha yakoresheshe atuka abagabo batari muri CTU, yananiwe kwihanganirwa na benshi
•
Ku mbuga nkoranyambaga abantu ntibari kuvuga kimwe ku magambo yakoreshejwe n’umukinnyi wa filime Inkindi Aisha, asa nkunenga abagabo badakora muri CTU ndetse ashima abasore bakora muri department ishinzwe umutekano ya CTU. Mu kiganiro aheruka kugirana na MIE ikorera ku murongo wa YouTube, Inkindi Aisha yakoresheje amagambo agaragaza ko yabengutse bamwe mu basore bakora muri…
Ubuzima bw’umuhanzi Dorimbogo buri mu kaga – yatangiye gusaba imbabazi abo yahamagaye
•
Umugore umaze kwamamara kumbuga nkoranyambaga, bitewe n’udutendo twinshi akora, Vava uzwi nka Dore Imbogo, arwariye mu bitaro. Uyu Mugore wamamaye kubera indirimbo ye yiswe Bore imbongo , dore impara, arwariye mu bitaro bikuru bya Kibogora mu karere ka Nyamasheke iwabo aho avuka. Mu kiganiro yagiranye na Urugero Tv ikorera ku muyoboro wa Youtube, Vava…
Polisi yamukoreye ibya mfura mbi: Amakuru mashya kuri wamugabo ushinjwa kwica abagore n’abakobwa 42
•
Umugabo watangajwe na polisi ya Kenya ko ari “umwicanyi ruharwa” yakorewe iyicarubozo kugira ngo yemere icyaha, nkuko umunyamategeko umwunganira yabibwiye urukiko ku wa kabiri mu murwa mukuru Nairobi. Polisi yavuze ko nyuma yuko imutaye muri yombi ku wa mbere, Collins Jumaisi Khalusha, w’imyaka 33, yemeye ko yishe abagore 42 guhera mu mwaka wa 2022,…
Perezida Kagame ayanga urunuka: Intwaro FARDC yatangiye gukoresha ngo itsinde M23 ikomeje kuvugisha benshi
•
Urubyiruko rubarirwa mu magana rukaba rwamaze guhabwa iyi miti ibafashya gutsinda M23 no kuyitangira ntibashye kwinjira mu mujyi wa Butembo. Abahabwa iy’i miti n’urubyiruko rwo mubwoko bw’Abandandi. Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ibivuga n’uko iyo miti uru rubyiruko rwayihawe tariki ya 16/07/2024. Ibyo bibaye mu gihe umutwe wa M23 umaze kugira ibice byinshi wigarurira byo…