Nyaruguru: Umusore w’imyaka 20 yarashwe mu cyico na Polisi ahita yitaba Imana
•
Mu masaha ya saa munani z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ngoma, Akagari ka Fugi, Umudugudu wa Gasha, habaye inkuru itashimishije. Umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Pascal Ndayisenga yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga gucika, agahita yitaba Imana. Nk’uko Polisi y’u Rwanda yabitangaje, Ndayisenga yari yafashwe ku wa…
Abasore: Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye
•
Ntuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka kuko nibyo bizatuma murushaho kuryoherwa cyane ndetse n’umubano wanyu urusheho kwiyongera cyane. Abantu benshi…
Ububirigi bwasabye Uganda kubwunga n’u Rwanda rwacanye umubano na bwo
•
Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025. Maxime Prévot, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, yabikomojeho ubwo yahuraga na Perezida Museveni ku wa Gatanu tariki ya 25 Mata. Yavuze ko u Bubiligi…
AFC/M23 yatangiye gukora igikorwa gishimangira ko itazava muri Kivu zombi
•
Mu gihe hatarashira n’icyumweru Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na AFC/M23 bemeranyije guhagarika imirwano, iri huriro ryongeye gushimangira ko udafite gahunda yo kuva muri Kivu zombi. Ni nyuma y’uko ritangaje ko ryatangiye gukora igikorwa cy’ingenzi cyo kubaka umuhanda mushya uhuza santere ya Masisi n’umujyi wa Sake, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu muhanda,…
Bitunguranye intambara hagati ya FARDC na AFC/M23 irahagaze
•
Mu gihe byari bikomeje kuvugwa ko ibiganiro bihuza impande zombi bikomeje kubera i Doha muri Qatar nta musaruro birimo gutanga, Leta ya Congo ndetse n’ihuriro AFC/M23 zashyize hanze amatangazo yo guhagarika imirwano ndetse zisaba abaturage gushyikira uyu mugambi. Ibi byabaye ku mu nsi w’ejo kuwa Gatatu taliki ya 23 Mata 2025 aho AFC/M23 ari…
Barishwe: Abasirikare 13 b’Uburundi baheruka gupfira mu kiyaga cya Tanganyika baba baragambaniwe. Hahishuwe mugenzi wabo wabagambaniye
•
Kugeza magingo aya, turacyakurikirana amakuru y’impanuka y’ubwato bwa gisirikare bwabereye mu kiyaga cya Tanganyika ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18 Mata 2025, ikaba yaratwaye ubuzima bw’abasirikare benshi b’u Burundi. Ubu bwato bwari buvuye mu gace ka Ubwari butwaye abasirikare bakomerekeye ku rugamba. Imiryango y’aba basirikare yatangiye kumenya ababo baguye muri iryo…