Bijoux muri Bamenya ari gukinisha umutima w’umuhanzi Sentore niba atari uyu musore wibeshya ku marangamutima ye. Urujijo mu rukundo rwabo – AMAFOTO
•
Urukundo, burya ni ink’inyanja wagwamo ukarohama, biba byiza mwese iyo murohamye mu nyanja y’urukundo, umwe ntiyisangemo undi akabifata nk’imikino. Byagutera gukeka ko hari utabirimo neza, nk’uko ubu Munezero Aline (Bijoux) bivugwa ko akundana n’umusore Lionel Sentore ariko yabibazwa bikaba nk’ikinamico kandi umusore we adatinya kubitangaza. . Bijoux muri Bamenya yahakanye ko adakundana na…
Mozambique: Umutwe w’intagondwa wa IS n’abawushyigikiye bibasiye u Rwanda kuri Interinet
•
Abashyigikiye umutwe wiyita Leta ya Kiyisilamu (IS) bibasiye u Rwanda mu butumwa bashyize kuri interineti mu gisa n’igikorwa gihurijwe hamwe cyo guha ingufu ibyo uyu mutwe uherutse kuvuga wamagana iki gihugu. . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zigaruriye ibirindiro bw’inyeshyamba . Intagondwa zivuga ko abakiristu bo mu Rwanda bibasiye abaturage b’abayisiramu muri Mozambique…
Umugeni yasebeje umugabo we yanga ko amusoma mu bukwe bwabo – IMPAMVU
•
Ibirori by’ubukwe ni kimwe mu minsi buri muntu wese aba ategereje kuzabona cyangwa kuzakora. Mu bukwe abageni barasomana bagaterurana n’ibindi mu kwerekana urukundo bakundana. Gusa umugeni yanze ko umukunzi we amusoma abari mu bukwe bagwa mu kantu n’ubwo byarangiye asomwe ku ngufu. Abashakanye babaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitwarire bagaragaje yo kutishimana,…
Ibyobo 5 ukwiye kwirinda kugwamo niba utarafata icyemezo mu rukundo
•
Mugihe utarafata icyemezo cyo kujya mu rukundo hari ibintu 5 ugomba kwirinda kuko uramutse wibeshye ukabikora usanga bikugizeho ingaruka zikomeye cyane cyane iyo wageze mu rukundo, ni ngombwa ko ubyirinda mugiye utariyemeza gukunda. . Amakosa ugomba kwirinda gukora mu gihe utarafata icyemezo mu rukundo . Ntuzagwe mu iyi mitego kuko yagushyira mu kaga…
Ukuri ku ikinamico iri gukinwa na Kwizera Olivier, Nishimwe Blaise na Rugwiro Herve bagifitiye amasezerano Rayon Sports
•
Nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2020/21 urangiye APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona, ikipe ya Rayon Sports yinjiye mu bibazo by’urusobe bijyanye n’abakinnyi bashakaga kuyisohokamo ndetse n’abayisohotsemo kandi bakiyifitiye amasezerano, bamwe banayijyana mu manza, abandi basezera imburagihe nk’iturufu yo kuyisohokamo. . Kwizera Olivier yaba yarisubiyeho ku cyemezo cyo kureka umupira w’amaguru . Rugwiro Herve…
Amakosa 5 akomeye ugomba kwirinda gukora igihe utandukanye n’umukunzi wawe kuko yagukururira ibyago bikomeye
•
Gutandukana bishobora kuba byiza cyangwa bibi bitewe n’impamvu yatumye mutandukana. Abantu babiri bafite imibanire myiza bemerenyijeho mbere yo gukundana bashobora gutandukana igihe babona ibyo bari bateze kubona cyangwa kugeraho ataribyo bari kubona. . Ibintu ugomba kwirinda gukora iyo ushwanye n’uwo mwakundanaga . Ntuzigere ukora aya makosa nuramuka uhagaritse urukundo n’uwo mwari kumwe …