Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Mangwende werekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat yagize icyo atangaza

    Myugaruro Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yatangaje ko yiteguye guha FAR Rabat ibyo afite byose, nyuma yo kumwerekana nk’umukinnyi wayo mushya. . Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yerekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat . Ibyishimo bya Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende uri mu ikipe ya FAR Rabat . Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende azajya ahembwa asaga miliyoni 5 z’amanyarwanda buri kwezi . Imanishimwe…

  • Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bapfa akabariro

    Umugabo wo mu Karere ka Rubanda muri Uganda, Kwesiga Denis, yagambiriye gutwikira mu nzu umugore we, Ahimbisibwe Rachel w’imyaka 35, kuko yanze batera akabariro ndetse akamwima ibiryo. Kwesiga w’imyaka 34 asanzwe atuye ku cyaro cya Bigyegye ahitwa Muko yatwitse inzu ye ahagana saa kumi n’imwe n’igice z’umugoroba, akeka ko ari mu nzu. Ku bw’amahirwe,…

  • Abantu 17 bari mu bukwe bakubiswe n’inkuba barapfa

    Abantu batari munsi ya 17 mu bari mu birori by’ubukwe bapfuye muri Bangladesh nyuma y’uko bakubiswe n’inkuba, nkuko abategetsi babivuze.   Abandi 14, barimo n’umugabo wakoze ubukwe, bakomeretse. Umugeni ntabwo yari ari muri ibyo birori. Abari muri uwo munsi mukuru bari barimo basohoka mu bwato mu mujyi wa Shibganj ukora ku mugezi, bajya mu…

  • Dore ibimenyetso 7 bizakwereka ko vuba cyane umukunzi wawe agiye kugusimbuza undi! Igengesere

    Imibanire y’abantu ubusanzwe si ikintu cyo kwizera ngo wumve utuje. Iteka ukwiriye kujya ukoresha neza amahirwe ufite ku muntu ariko ukanagenzura niba uri kwitwara neza kandi ukirinda gukinwa. Muri iyi nkuru tugiye kukubwira ibimenyetso 7 bizakwereka ko uwo muntu muri kumwe vuba cyane agusimbuza undi. . Ibimenyetso biranga urukundo ruri mu marembera . Umukunzi…

  • Dore impamvu uhorana amarira adashira kandi ufite umukunzi

    Iteka umuntu ahorana icyifuzo cyo kuzakundana n’umuntu uzamuha ibyishimo byose ndetse akamukunda. Kwikunda ntabwo bimara igihe kandi ntabwo biba bihagije. Urukundo ni rwiza ariko ruzagusaba imbaraga no kumenya neza ko wabonye icyo wifuzaga. Bizarenga kuba urebera inyuma. Urukundo rw’ukuri rugendera ku bifatika.   . Impamvu ubaho nk’udafite umukunzi kandi umufite . Impamvu uhora urira…

  • Abakobwa: Imbere yawe hahagaze abasore 2: uw’ubu n’uwa burundu. Iyi nkuru iragufasha kubasobanukirwa bityo umenye amahitamo yawe

    Umuntu ugukinisha azakoresha imbaraga ze, kugeza amenye ko wahindutse agakombe ke k’icyayi (Kugeza amenye ko igihe agushakira azajya akubona), ubundi akagukoresha ibyo ashaka. Iyi nkuru iraguha ishusho ndetse igufashe no guhitamo umukunzi.    . Uko Watandukanya Umusore W’iraha N’umusore Ugukunda By’ukuri . Umukunzi w’akanya gato n’umukunzi w’ibihe byose . Umusore ugukunda by’ukuri n’ukuryarya  …