Inzu nziza ya Etage ifite ibyumba 4, toilettes 4 n’igikoni cyiza imbere igurishwa make cyane i Rusororo kuri kaburimbo
•
Inzu Nziza Igurishwa Kubashaka Gutura heza Ibyumba Bine Toilette Enye. Ni ukuvuga Buri cyumba Gifite Toilette Yacyo Cuisine Nziza Ikaba Iherereye Rusororo Hariya Hafi Y’intare Neza Kuri Kaburimbo Yubakishije Amatafari Ahiye Yose Ikaba Ishaka 220M. Duhamagare kuri iyi nimero: +250 788 966 717 Reba amafoto hano
Dore amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa
•
Niba wararebye Film yitwa ‘The Conclave’ uko bisa kose ufite ishusho y’uko itorwa rya Papa rikorwa, uhereye ku mwiherero w’Aba-Cardinal kugera papa asohotse ku ibaraza rya Bazilika ya Mutagatifu Petero akageza ijambo rye rya mbere ku mbaga itabarika y’Abakirisitu n’Isi. Iyi filme yerekana byinshi bibera muri uyu mwiherero, nubwo ubusanzwe ukorwa mu ibanga rikomeye.…
APR FC yatandukanye n’umutoza wayo Mukuru Darko Novic
•
Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatandukanye n’uwari umutoza wayo mukuru Umunya-Serbia Darko Novic. Amakuru Kigali Today ifitiye gihamya yemeza ko APR FC yamaze gutandukana na Darko Nović nyuma y’umwaka umwe w’imikino asinye amasezerano yagombaga kuzageza mu 2026, hakabamo n’ingingo yo kuba yakongerwaho undi mwaka. Uyu mugabo kandi agomba kugenda ajyanye n’abatoza…
Abakobwa / Abakobwa: Niba wibonaho utu tuntu 3 menya ko uri umunyamahirwe – Impamvu
•
Abagore cyangwa abakobwa baremwe mu buryo bugaragara ko butandukanye n’ubwa basaza babo, niyo mpamvu utu tuntu 3 tugiye kukubwira nutwibonaho uraba uri umunyamahirwe kuko tutaba kuri benshi. Hari utuntu tuba ku mibiri y’ab’igitsina gore bigoye cyane kubona ku bagabo, ari nayo mpamvu bivugwa ko utwifiteho twose cyangwa kamwe muri two afatwa nk’umunyamahirwe. Muri iyi…
Niba ujya ukoresha tefoni mu bwiherero dore ibintu bibi cyane bizakubaho
•
Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga, NordVPN, bwagaragaje ko 53.4% by’abatuye Isi bagirwaho ingaruka no gukoresha telefone mu bwiherero, u Buhinde bukiharira miliyoni 750 z’ababaswe n’uwo muco. Umuganga mu bitaro bya Gleneagles muri Mumbai, Dr Manjusha Agarwal, yavuze ko gutinda wicaye mu bwiherero [Toilet] byongera ibyago byo gukwirakwiza no kurwara indwara ifata mu kibuno bakunze kwita karizo…
Senateri Mureshyankwano yashinje umugi wa Kigali kuba mu bateza imyubakire y’akajagari anawunenga kugira raporo yuzuyemo “Biragayitse”
•
Senateri Mureshyankwano Marie Rose, yatangajwe n’uburyo muri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye muri Kamena 2024, Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ zirenga eshanu kandi ari wo ufite abakozi bafite ubumenyi n’ubushobozi yewe banahembwa neza kurusha abandi ugereranyije n’utundi turere. Senateri Mureshyankwano, yavuze ko bitumvikana ukuntu Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ nyinshi kandi ari…