Dore amabanga 11 yagufasha kuba intangarugero mu gitanda ugahora wizihira umukunzi wawe
•
Kugira ngo urugo rube rwiza kandi rukomeye, bisaba ko abashakanye bagira umubano mwiza mu bice byose by’ubuzima, harimo no mu rukundo rw’abashakanye. Mu bijyanye no kwiyubakira urukundo rukomeye, bamwe bishimira kuba abayobozi mu buryo bwo kwereka urukundo rwabo. Dore ibintu by’ingenzi wakora niba wifuza kuba intangarugero mu buriri, byose bigamije kuzamura umubano mwiza n’umutekano…
Minisiteri ya Sport yahawe Minisitiri mushya
•
Nelly Mukazayire wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisports yagizwe Minisitiri wa Siporo asimbuye Nyirishema Richard wagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa mu Kigo Gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe, hasohotse Itangazo rishyira ku myanya Abayobozi bashya muri Guverimo y’u Rwanda. Iri tangazo rivuga ko ashingiye ku…
Abasore: Dore ibintu 10 byagufasha gutuma umukobwa agukunda akakwimariramo
•
Buri gihe ujye wibuka, ni “utuntu duto” ukora kenshi n’ “ibintu binini” ukora rimwe na rimwe bitanga inyungu nyinshi ku ishoramari muri Konti yawe y’urukundo! Ubu buhanga n’inama bizakora mu buryo bw’imibanire kandi rwose bizamufasha kongera kugukunda byimazeyo. 1. Mutege amatwi Abagore bakunda umugabo utega amatwi ibibazo byabo n’ibibazo byabo n’ibyifuzo atiriwe akosora. Iyo…
Ese kwaba ari ukumuheza! Perezida wa Rayon Sports yateye utwatsi ibyo kuganira no kwishyura Sadate umwenda avuga ko bamubereyemo
•
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yashwishwiburije Munyakazi Sadate uvuga ko ashaka ibiganiro ku ideni ndetse n’amasezerano atarubahirijwe n’iyi kipe, avuga ko baramutse bagiye mu biganiro byaba ari ugutakaza umwanya. Twagirayezu Thaddée yabitangaje ubwo yaganiraga na Radio & TV 10 mu kiganiro cy’imikino ‘Urukiko rw’Ubujurire’. Yavuze ko batanze ibiganiro na Munyakazi Sadate bijyanye nuko…
DJ Sonia yiyamye Irene Murindahabi wamukozeho ibiganiro 2 byikurikiranya
•
Sonia Kayitesi uzwi cyane nka DJ Sonia umwe mu ba-DJ bagezweho mu Rwanda, yahaye gasopo umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera kuri MIE ku muyoboro wa YouTube wagiye umuvugaho ibintu bitamushimishije mu biganiro bitandukanye. Uyu mwuka mubi watangiye nyuma y’uko Irene yagiranye ibiganiro bibiri na DJ Crush, aho baganiriye ku ngingo zitandukanye, harimo n’iyo kugereranya imiterere…
Dore imitoma 10(amagambo meza y’urukondo) watera umukunzi wawe mbere y’uko aryama
•
Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kubwira amagambo meza umukunzi wawe agiye kuryama ari ingirakamaro, arara atekereza amagambo meza wamubwiye, akamufasha kudatekereza cyane mubyo aba yiriwemo mu buzima busanzwe bwo gushakisha ,akaruhuka neza kugira ngo mu gitondo abyuke ameze neza Aya magambo meza 10 y’urukundo nuyabwira umukunzi wawe agiye kuryama cyangwa muryamye mwembi azasinzira neza…