Abakobwa: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda kuko bituma umusore agusuzugura mu rukundo
•
Muri kamere y’igitsinagabo ntibasanganywe umuco wo gusuzugura abakunzi babo ku buryo bugaragara, ariko hari zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umusore cyangwa umugabo mukundana agusuzugura. Gusuzugura ni igihe umuntu akoze ibintu bibabaza undi muntu ariko bitabaye ku bw’impanuka ahubwo bikozwe ku bushake. Kuba umusore yasuzugura umukobwa bakundana cyangwa umugabo agafata umugore mu buryo bwitwa agasuzuguro,…
Bituma yivamo: Dore ibibazo 8 wabaza umukunzi wawe ukamenya ko yaguciye cyangwa ataguciye inyuma
•
Niba ukeka ko umukunzi wawe aguca inyuma ukaba ushaka kumenya ukuri ariko utiriwe umuhatiriza cyangwa se ngo umutonganye kugira ngo avugishe ukuri nk’uko abantu benshi bigenda bikanarangira batabigezeho kubera uburyo umujinya ubabera inzira ibafungira kumenya ukuri, ushobora wowe gutuma umukunzi wawe akwibwirira ukuri kumuvuyemo. Dore ibibazo 8 wamubaza witonze bigatuma ubwe akwibwirira ko yaguciye…
Ruud van Nistelrooy yatandukanye na Manchester United yari amaze iminsi atoza
•
Ikipe ya Manchester United nyuma yo kubona umutoza mukuru Ruben Amorim yamaze gutandukana n’uwari umutoza w’umusigire Ruud van Nistelrooy, ibi bikaba byababaje abakunzi b’iyi kipe. Manchester United yatangaje ko Ruud van Nistelrooy wari umutoza w’umusigire yasezerewe ku mirimo nyuma yo kudahabwa umwanya mu batoza bungirije Ruben Amorim, umutoza mushya. Van Nistelrooy yari yinjiye muri…
Botswana: Uwabaye Miss yagizwe Minisitiri w’urubyiruko ku myaka 26
•
Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu. Uyu mukobwa w’imyaka 26, yashyizweho na Perezida mushya w’iki gihugu Duma Boko uheruka gutorerwa kuyobora iki gihugu mu ntangiro z’uku Kwezi, ndetse unamaze iminsi arahiye. Ni umwe muri…
APR FC yabonye umuyobozi mushya, Brig. Gen Deo Rusanganwa
•
Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard. Ibinyujije ku rubuga rwayo, APR FC, yatangaje ko Brig Gen Rusanganwa azaba ari we Chairman mushya w’iyi kipe, ndetse akaba yahise asura n’abakinnyi abashyira…
Umujyanama wa Donald Trump yaburiye Ukraine
•
Bryan Lanza, Umujyanama wa Perezida, Donald Trump, yavuze ko Ukraine ikwiye kugira intego nyayo mu ntambara iyihuza n’u Burusiya kandi igomba kwakira ko agace ka Crimea u Burusiya bwigaruriye itazagasubizwa. Ku wa 9 Ugushyingo, Bryan Lanza yabwiye BBC ko ubuyobozi bwa Trump buzashishikariza Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky kwivanamo ko uduce u Burusiya bwigaruriye…