Hari gutangwa ishimwe ry’asaga miliyari 8.5RWF ku ngaragu ziyemeje gushaka no kubyara
•
Ubuyobozi bw’umujyi wa Busan muri Koreya y’Epfo bwatangije gahunda yo gutanga ishimwe rihwanye n’agera ku $ 64,000, ku ngaragu ziyemeje kubaka ingo ndetse no kubyara, hagamijwe guhangana n’ikibazo cy’igabanyuka rikabije ry’abaturage. Uyu mujyi ukora ibirori bigamije ibiganiro byo guhuza abadafite abakunzi kandi babashaka ndetse bene abo abantu ni ababa bafite hagati y’imyaka 23 na…
RDC: Ukuri ku cyihishe inyuma y’imirambo 129 yagaragaye mu mashusho ateye ubwoba muri gereza ya Makala
•
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye amashusho ateye ubwoba agaragaza imirambo myinshi irimo n’iyambaye ubusa, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ku wa mbere leta yari yavuze ko abantu babiri bapfuye mu gikorwa cyo kugerageza gucika gereza ya Makala y’i Kinshasa muri DR Congo. Ubu minisitiri w’ubutegetsi yemeje ko abapfuye ari imfungwa 129. Ayo mashusho…
Nyanza: Umugabo yashetewe ibihumbi 10 bituma ahasiga ubuzima
•
Umugabo witwa Ntasangirwa Jean Claude w’imyaka 44 y’amavuko, yapfiriye mu musarane uri mu rugo ruherereye mu Mudugudu wa Nyakabuye mu Kagari ka Mpanga mu Murenge wa Mukingo ho mu Karere ka Nyanza, ubwo yari yahawe ikiraka cyo gukuramo telefone. Amakuru avuga ko Ntasangirwa ukomoka mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Mpanga mu Mudugudu…
Birababaje: Umusore na mushiki we bishe mukuru wabo w’imyaka 34 bamuhoye igikoma
•
Mudugudu wa Nyacyonga, Akagari ka Kebero, Umurenge wa Ntongwe mu Karere ka Ruhango, haravugwa inkuru y’umusore wakubiswe na Murumuna we ndetse na mushiki we akaza kwitaba Imana azizwa igikoma. Uyu musore wishwe yitwa Maniragaba Alfred w’Imyaka 34 yari asanzwe abana na Mama we ndetse n’abavandimwe be aribo murumuna we Niyomwungeri Akili ndetse na Mushiki…
Hamenyekanye ubugome abakobwa bakora Salon de coiffure basigaye bakorera abagabo mu kazi babakarabirizamo mu mutwe
•
Bamwe mu bagabo bo mu Rwanda bemeza ko abakobwa bakora mu nzu bogosheramo(Saloon de Coiffure) cyane abakarabya mu mutwe abantu baba bamaze kwiyogoshesha, bahohotera abagabo bigatuma batakaza amafaranga menshi mu buryo butapanzwe, ibyo bamwe bafata nk’ubwambuzi. Bamwe mu baganiriye na BWIZA ducyesha iyi nkuru bavuga ko ibi babishingira ku buryo abakobwa bakora mu nzu…
Nikuze wo muri City Maid yahamije urwo akunda umuhanzi wo muri Nigeria
•
Musanase Laura wamenyekanye nka Nikuze muri filime ‘City Maid’, yashimangiye urwo akunda umuhanziTriqa Blu wo muri Nigeria. Hari hashize iminsi kuva muri Kamena 2024 ku mbuga nkoranyambaga hasakazwa amashusho ya Nikuze na Triqa Blu bari mu kugirana ibihe byiza mu bikorwa bitandukanye bibera mu Mujyi wa Kigali. Amashusho y’aba bombi bari gusangira mu tubyiniro…